Umukinnyi Mico Justin ukinira ikipe y’igihugu Amavubi na Police FC yatangaje ko ameze neza ku buryo mu kwezi gutaha ashobora kuzagaruka mu kibuga kugira ngo afashe ikipe ya Police FC mu...
Umutoza w’ikipe ya AS Kigali yatangaje ko gutsinda Karekezi Olivier mu mukino w’Agaciro Development Fund ari ukumuha ikaze mu mupira w’amaguru mu Rwanda cyane ko ataramenyera ibijyanye no gutoza mu...
Ikipe ya APR FC yamaze kugarura abakinnyi bayo bakomeye bayifasha mu bwugarizi barimo kapiteni Ngabonziza Albert na myugariro Nsabimana Aimable ndetse na Nkinzingabo Fiston bose bakoze...
Umunyezamu Mutuyimana Evariste warindiraga ikipe ya Rayon Sports mu buryo butunguranye aguye iwe mu rugo.
Iyi nkuru y’akababaro yamenyekanye muri iki gitondo yatunguye abantu benshi cyane ko...
Umukinnyi Bizimana Djihad uherutse kujya gukora igeregezwa mu ikipe ya Fortuna Dusserdolf yo mu Budage yatangaje ko kuba yaratinze kwerekeza muri iki gihugu aribyo byatumye atabasha gushimwa ni...
Umutoza Kanyankore Gilbert uzwi nka Yaounde yamaze kwirukanwa n’ikipe ya Bugesera FC mu gihe iyi kipe yiteguraga gutangira imyitozo kuri uyu wa mbere.
Uyu mutoza wari wahawe akazi ko gutoza...
Umukinnyi Bizimana Djihad w’imyaka 23 usanzwe akinira ikipe ya APR FC yamaze kwerekeza mu Budage guukora igeragezwa mu ikipe ya Fortuna Dusseldorf ibarizwa mu cyiciro cya kabiri muri iki gihugu....
Rutahizamu Sugira Ernest uherutse kuvunikira mu myitozo y’ikipe y’igihugu ku italiki ya 15 Kanama 2017 yasuwe n’abatoza b’ikipe y’igihugu barangajwe imbere ni umutoza mukuru Antoine Hey kuri uyu wa...
Umutoza w’ikipe y’igihugu Antoine Hey aratangaza ko nubwo yatsinzwe na Uganda ibitego 3-0 mu mukino ubanza w’icyiciro cya nyuma mu gushaka itike yo kwerekeza muri CHAN 2018 iteganyijwe kubera muri...
Umukinnyi mpuzamahanga Sugira Ernest wamaze kugurwa n’ikipe ya APR FC avuga ko afite umukunzi bitegura kurushinga mu mwaka wa 2018 nk’uko bakunze kubiganiraho, ngo ntashobora kuvuga amazina ye mu...
Kuri uyu munsi Taliki ya 10 Kanama 2017, nibwo hatangira irushanwa rikomeye mu gusiganwa ku magare muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika rya Colorado Classic aho na Team Rwanda iri mu makipe yitabiriye...
Umunyarwanda Tuyisenge Jacques ukina mu ikipe ya Gor Mahia mu gihugu cya Kenya arifuzwa cyane n’umutoza Jose Marcelo Ferreira uzwi nka Ze Maria w’ikipe ya FK Tirana yo mu gihugu cya Albania we na...
Kuri uyu wa 3 Kanama 2017, benshi mu Banyarwanda baba mu bihugu byo hanze, batangiye gutora Perezida wa Repubulika.Ni mu gihe mu gihugu cy’u Rwanda amatora ateganyijwe ku munsi w’ejo, tariki ya 04...
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 1 Kanama uyu mwaka, Umunyarwanda ukinira ikipe y’igihugu Amavubi Iranzi Jean Claude n’Umunya-Uganda wakiniye Rayon Sports, Davis Kasirye basinyiye ikipe ya Zesco...
Ikipe ya Mukura Victory Sports ikomeje kwiyubaka yasinyishije myugariro uturutse I Burundi mu ikipe ya Muzinga ndetse wari na Kapiteni wayo Iragire Said amasezerano y’imyaka 2 kuri uyu wa Gatatu...
Umutoza wa Rayon sports mushya, Karekezi Olivier yageze ku kibuga cy’indege cya Kigali i Kanombe saa saba n’iminota 45 z’ijoro ari kumwe n’umuryango we; umugore we Niwin Sorlu Karekezi n’abana babo...
Umusore Manzi Thierry usanzwe ari myugariro mu ikipe ya Rayon Sports n’ikipe y’igihugu Amavubi yamaze gusinya amasezerano y’imyaka ibiri mu ikipe ya Rayon Sports nyuma y’ibihuha byavugwaga ko yamaze...
Ikipe y’igihugu ya Tanzania yaraye isesekaye I Kigali muri iri joro ryo kuwa gatatu Taliki ya 19 Nyakanga aho ije gukina n’u Rwanda mu mukino wo kwishyura mu mikino yo gushaka itike yo kwerekeza...
Umusore Manzi Thierry myugariro warangije amasezerano mu ikipe ya Rayon Sports arifuzwa cyane n’ikipe ya Yanga Africans yo muri Tanzania nyuma y’amakuru amaze igihe avugwa ko uyu musore yaba...
Bimaze iminsi bivugwa cyane ko ikipe ya Rayon Sports iri mu biganiro byimbitse n’umusore Sibomana Patrick wakiniraga ikipe ya APR FC gusa kuri ubu ibi biganiro biri kugana ku musozo kuko uyu...
Umutoza w’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru Antoine Hey yabwiye abakinnyi be ko bagomba gukora iyo bwabaga bagatsinda umukino wo ku wa Gatandatu kugira ngo babone itike iberekeza mu cyiciro...
Ikipe ya Bugesera FC ikomeje inzira yo kwiyubaka aho yamaze kugura abakinnyi bakomeye barimo ni umusore wahoze akinira Rayon Sports n’Amavubi Ndatimana Robert ndetse banongerera amasezerano...
Kuri iki gicamuntsi taliki ya 03 Nyakanga nibwo umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Antoine Hey yahamagaye abakinnyi 23 bagomba gutoranywamo abazakina umukino ubanza wo guhatanira itike yo kwerekeza...
Ikipe y’igihugu Amavubi yazamutse imyanya itandatu ku rutonde ngarukakwezi rw’ umupira w’ amaguru ku isi FIFA rugaragaza uko amakipe y’ibihugu mu mupira w’amaguru ahagaze. Kuri ubu u Rwanda rwicaye ku...