Indi gapapu ibereye I Nyamirambo aho umunya Cameroun witwa Man Yakre wari utegerejwe na Rayon Sports I Kigali yashimuswe mu ibanga rikomeye cyane na AS Kigali.
Hari hashize iminsi havugwa...
Urukundo hagati ya myugariro wa APR FC n’ikipe y’Igihugu, Amavubi, Niyomugabo Claude na Umutoniwase Nadia witabiriye Miss Rwanda 2020, rugeze aharyoshye, aho buri umwe muri aba adahisha...
Kuri uyu Kabiri tariki ya 05, Nyakanga 2022, FERWAFA yagaruye Muhire Henri Brulart ku nshingano z’umunyamabanga mukuru nyuma y’iminsi yari amaze ahagaritswe.
Ibinyujije kuri Twitter yayo,FERWAFA...
Umutoza Mashami Vincent yamaze kwerekeza mu ikipe ya Police FC nk’umutoza mukuru, uje gusimbura Frank Nuttal utaritwaye neza muri iyi kipe.Amakuru aravuga ko yasinye imyaka 2.
Amakuru agera ku...
Ikipe ya APR FC yamaze gusinyisha myugariro Niyigena wakiniraga Rayon Sports ndetse yatangiye guhamagarwa mu ikipe y’igihugu "Amavubi"nubwo nta mukino arakina.
Myugariro Niyigena Clement...
Umuyobozi wungirije wa Banki nkuru y’igihugu (BNR), Hon. Hakuziyaremye Munyana Soraya wanabaye Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda agiye kurushinga na Murangwa Eric Eugène wabaye umunyezamu wa Rayon...
Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente Edouard,yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru cyagarutse ku ishusho y’ibiciro ku isoko n’ishusho y’ubukungu bw’u Rwanda kuri uyu wa Gatatu tariki ya 18 Gicurasi 2022....
Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi na APR FC, Tuyisenge Jacques n’umukunzi we Musiime Recheal bari mu byishimo nyuma yo kwibaruka imfura yabo.
Ku mugoroboba wo ku munsi w’ejo ku wa Kabiri...
Ku Cyumweru,tariki ya 15 Gicurasi 2022 Umukinnyi w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Djihad Bizimana yasezeranye kubana akaramata n’umukunzi we Dalida Simbi.
Kuri uwo munsi wo ku Cyumweru nibwo aba bombi...
Umutoza wa Villarreal,Unai Emery, yafashe umwanzuro ku mpaka zikomeje guhuza abakunzi ba ruhago bibaza ikipe nziza hagati ya Liverpool na Manchester City bahanganiye ibikombe
ya makipe yombi...
Charles Igikomangoma cya Wales mu Bwami bw’u Bwongereza yunamiye abazize Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 ndetse atera igiti mu rwego rwo kwibuka...
Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA, Nizeyimana Olivier yabwiye itangazamakuru ko nta ruhande na rumwe rwifuje kongera amasezerano hagati yabo na Mashami Vincent ariyo...
Ikipe ya FC Shkupi ikinamo myugariro w’umunyarwanda, Rwatubyaye Abdul yatangaje ko uyu myugariro yagiriye imvune, mu mukino batsinzwemo na Lech Poznan ibitego 4-1. Yavuze ko agomba kumara hagati...
Salma Mukansanga umusifuzi w’umupira w’amaguru wo hagati yabwiye BBC ko ibyo yakoze ari ’ishema’ kandi ari ’ingenzi kuri buri mugore ukunda siporo’.
Uyu musifuzi wo hagati mukibuga muri iki cyumweru...
Ku wa Kabiri, tariki ya 18 Mutarama 2022, ni bwo Mukansanga w’imyaka 33 yakoze amateka yo kuba umusifuzikazi wa mbere wasifuye umukino wa CAN y’Abagabo muri iri rushanwa rikinwa kuva mu 1957....
Umunyarwandakazi Salma Rhadia Mukansanga arasifura umukino wa mbere mu mateka y’igikombe cya Africa uba uyobowe n’abasifuzi b’abagore gusa uba uyu munsi kuwa kabiri.
Ni amateka mashya mu mikino...
Ikipe y’igihugu ya Guinea yitwa Sylli National itozwa na Kaba Diawara, yatangiye imyitozo kuri Stade Amahoro mu rwego rwo kwitegura imikino ya AFCON 2021 izabera muri Cameroon.
Iyi kipe yuzuyemo...
Amakuru ari gucicikana mu binyamakuru no ku mbuga nkoranyambaga nuko ikipe y’igihugu ya Senegal,itakije gukorera umwiherero mu Rwanda kubera impamvu zitandukanye.