Abasore 2 b’Abarundi bakina mu ikipe ya Rayon Sports,bakomeje kwitwara neza mu mikino ya CECAFA iri kubera muri Kenya aho ku munsi w’ejo batsinze ibitego mu mukino Uburundi bwanyagiye Ethiopia...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryamaze kwigiza imbere imikino myinshi irimo umukino uhuruza abantu benshi mu Rwanda uhuza APR FC na Rayon Sports iwukura mu kwezi kwa mbere...
Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Karekezi Olivier yatangaje ko abakinnyi be bamubwiye ko bananiwe ndetse kuba barihanganye bagakina imikino 2 iheruka kwari uguhatiriza ndetse akaba ariyo mpamvu...
Umutoza w’ikipe ya APR FC Mulisa Jimmy aratangaza ko yiteguye kongera gushimisha abafana b’iyi kipe kuri uyu Gatatu mu mukino araza guhuramo na Musanze nyuma yo gutakaza amanota ku mukino...
Kuri iki iki cyumweru tariki ya 31 Ukuboza 2017,nibwo inama ya komite nyobozi y’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda yateranye yemeza ko imikino ya shampiyona y’icyiciro cya mbere ku munsi wa...
Umukinnyi w’ikipe ya Rayon Sports n’ikipe y’igihugu Amavubi, Yannick Mukunzi yabwiye amagambo meza umukunzi we barambanye mu rukundo ubwo yamwifurizaga isabukuru y’amavuko.
Uyu mukinnyi w’umuhanga...
Umukinnyi Iranzi Jean Claude ukina hagati mu kibuga,yamaze gusinyira ikipe ya APR FCamasezerano y’imyaka 2 aho aje akurikiye Mugiraneza Jean Baptiste nawe wasinye ku munsi w’ejo.
Uyu musore...
Umufasha wa Hategekimana Bonaventure Gangi witwa Mukamana Charlotte yanze ibyifuzo by’uwitwa Ndengejeho Innocent wifuzaga ko umurambo wa Gangi wakwimurwa aho wari ushyinguye ukajyanwa mu irimbi...
Ku munsi w’ejo nibwo ikipe ya APR FC yatsinze Rayon Sports ibitego 2-1 mu mukino wa 3 w’igikombe cy’intwari cyegukanwe na Rayon Sports ibifashijwemo n’umubare w’ibitego yazigamye. Benshi bibajije...
Ikipe ya Maroc niyo yabashije kwegukana CHAN 2018 Amavubi yari yitabiriye itsinze Nigeria ibitego 4-0 mu mukino wabereye kuri stade Mohamed V mu mugi wa Casablanca. Nk’ikipe yari mu rugo yanze ko...
Ikipe ya APR FC inyagiye ikipe ya Anse Reunion yo muri Seychelles FC ibitego 4-0 mu mukino ubanza wa CAF Confederations cup ,itera intambwe yo kuzahura na Djoriba FC mu cyiciro gikurikira....
Umukinnyi Haruna Niyonzima ukinira ikipe ya Simba SC yo muri Tanzania ndetse akaba na kapiteni w’Amavubi yamaze kwerekeza mu Buhinde kwivuza imvune ikomeye yagize mu Ukwakira 2017.
Uyu musore...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 25 Mata 2018 ni bwo hasakaye inkuru y’akababaro ibika Twizerimana Hawa Sumaya wari mushiki wa Hakizimana Muhadjili na Haruna Niyonzima bombi bakinira...
Mu mukino wa mbere wo mu matsinda ya CAF Confederations Cup,ikipe ya Rayon Sports inganyije na Gor Mahia igitego 1-1,mu mvura yari nyinshi kuri stade ya Kigali I...
Yannick Mukunzi ni umusore w’imyaka 23 dore ko yabonye izuba taliki 2 ukwakira 1995 , mu Bwiza mu mugi wa Bujumbura mu gihugu cy’ u Burundi , Yannick Mukunzi ni umusore ufite uburebure bwa metero...
Ibibazo byo muri Rayon Sports bikomeje gufata indi ntera, kuko ubuyobozi bw’iyi kipe bumaze guhagarika abatoza batatu kandi iri kwitegura umukino w’ishyiraniro uzayihuza na APR FC ku wa Gatanu...
Muneza Christopher uri mu bahanzi icumi bari guhatanira Primus Guma Guma Super Star yagiranye ikiganiro n’abakoresha urubuga rwa Facebook maze bamubaza inshuro yasambaniye adakoresheje...
Rutahizamu wari umaze iminsi aha ibyishimo abafana ba Rayon Sports Shabani Hussein Tchabalala , yamaze kumvikana n’ikipe ya Baroka FC yo muri Afurika y’Epfo kuyikinira imyaka 2 ndetse iyi kipe...
Nubwo benshi batayihaga amahirwe,Rayon Sports ibashije gukura inota rimwe muri Algeria mu mukino wa 4 wa CAF Confederations Cup yakinaga na USM Alger,banganyije igitego...
Umukinnyi wa Rayon Sports Manishimwe Djabel ukina hagati mu kibuga asatira yatangaje ko yamaze kumvikana n’ikipe yo mu cyiciro cya mbere muri Kosovo yitwa Llapi ndetse agiye kuyerekezamo mu minsi...
Gor Mahia yo muri Kenya ikinamo umunyarwanda Jacques Tuyisenge yaraye iherewe mu Bwongereza isomo rya ruhago itsindwa ibitego 4-0 mu mukino wabereye Goodison Park mu ijoro ryo kuri uyu wa...