Umutwe wa M23 werekanye abasirikare ba Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo bafatiwe ku rugamba barimo Lt Col Assani Kimonkola Adrien wafatiwe mu mirwano i Kibumba ku wa 20 Ugushyingo 2022....
Itangazo rya M23 rimenyesha ko yiteguye “guhagarika ibikorwa no gusubira inyuma” ryatunguranye cyane ko imaze hafi umwaka mu mirwano n’ingabo za leta.
Canisius Munyarugerero umwe mu bavugizi ba...
Perezida Joe Biden wa Amerika yatangaje ko yiteguye guhura na mugenzi we w’Uburusiya Vladimir Putin “niba koko yaba afite ubushake bwo gushaka uko intambara irangira”.
Ari kumwe na Emmanuel Macron...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ibizamini n’ubugenzuzi bw’amashuri (NESA), cyasohoye itangazo ryerekana uko abanyeshuri bazagenda basubira ku mashuri bigaho hirya no hino mu gihugu.
Muri iri tangazo...
Mu ijambo yavugiye mu nama yahurije hamwe abayobozi batowe barimo we na Visi Perezida, abagize inteko ishinga amategeko na ba guverineri, bavuye mu bakandida b’ihuriro Kenya Kwanza, William...
Isaha bivugwa ko yari iy’umukuru w’aba Nazi Adolf Hitler yagurishijwe muri cyamunara muri Amerika ku giciro cya miliyoni 1.1 y’amadolari (angana na miliyari 1 na miliyoni 131 uyavunje mu mafaranga...
Umukuru w’agashami ka ONU gashinzwe uburenganzira bwa muntu yavuze ko ababajwe n’ubwicanyi bwiyongereye mu ntara ya Darfur ya Sudani, inyuma y’aho mu minsi ishize hiciwe abantu barenga...
Meddy uri mu bahanzi bakunzwe mu Rwanda, abinyujije ku mbuga nkoranyambaga yashyize hanze ifoto igaragaza ko umufasha we atwite inda nkuru ndetse bari mu myiteguro yo kwibaruka imfura...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 12 Gashyantare 2022, ijonjora rya Miss Rwanda ryakomereje kuri Hill Top Hotel i Remera.
Muri rusange, abakobwa baratoranywa mu Mujyi wa Kigali bariyongera kuri 41...
Nyuma y’igihe gito yerekeje muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika Shema Jimmy waruri mubagize itsinda rya Just family yasezeranye n’umukunzi we mu mategeko.
Rayon Sports ikomeje gutera intambwe iyiganisha ku kuva ku gikombe burundu kuko yanganyije na Musanze FC 0-0,uba umukino wa 2 yikurikiranya inganyije cyane ko shampiyona yasubitswe imaze kunganya...
Raporo nshya ibabaje yerekanye ko Koreya ya ruguru yishe ku mugaragaro abantu 7 bazira kureba amashusho y’umuziki wa Koreya y’Epfo [K-pop] mu gihe kurwanya imyidagaduro y’ahandi bigenda byiyongera....
Umutoza wa Liverpool, Jurgen Klopp, yemeje ko "yatunguwe"n’uko Mohamed Salah yarangije ku mwanya wa karindwi ku rutonde rw’abahatiniye Ballon d’or mu ijoro ryo ku wa mbere.
Lionel Messi yegukanye...
Chris wanyuze mu itsinda rya Just Family riherutse gusenyuka burundu, yakoreye ubukwe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika arushinga n’umukobwa bari bamaze igihe bakundana...