Perezida mushya wa Kenya,William Ruto,yavuze ko Perezidansi ya Kenya igiye kujya iberamo ibiterane ngarukakwezi byo gushima Imana.
Madamu wa Perezida wa Repubulika, Rachel Ruto, ubu avuga ko...
Uwase Hirwa Honoline wegukanye ikamba ry’umukobwa wakunzwe kurusha abandi mu irushanwa rya Miss Rwanda mu mwaka wa 2017 wamamaye nka Miss Igisabo yifashishije ifoto yavuzweho na benshi yifurije...
Kuri ubu ibyamamare nyarwanda biyoboye ku rukuta rwa instagram harimo ,Meddy ,The Ben ,Shaddy Boo , Miss Mutesi Jolly , Kate Bashabe ndetse na Butera Knowless...
Cristiano Ronaldo n’umukunzi we Georgina Rodriguez bashimiye abafana b’ikipe ya Liverpool nyuma yo gukorwa ku mutima nibyo ba bakoreye nyuma y’urupfu rw’umwana wabo...
Islael Mbonyi yifatanyije n’abarenga 100 baturuka mu bihugu bitandukanye mu rugendo
rutagatifu ’Twende Jelusalem’ n’urugendo rwahujwe na Pasika aho aba Kristo benshi barwitabiriye ku...
Itorero rya ADEPR Gihundwe ryateguye ibitaramo byo kwizihiza ubuzima bwa Rev. Canisius Nzabonimpa watabarutse tariki ya 23/01/2022. Ibi bitaramo bizaba kuri uyu wa Gatandatu no ku Cyumweru...
Umwarimu witwa Ntirujyinama Benjamin wigishaga ku kigo cy’Amashuri cya Nganzo mu Karere ka Nyabihu giherereye mu murenge wa Rugera yanditse ibaruwa isaba gusubizwa ku kazi yari yasezeyeho mu minsi...
Umuhanzi Davis D uri mubagezweho mu Rwanda yasohoye amashusho y’indirimbo ye nshya yise “Eva” ifite amashusho yo kurwego mpuzamahanga , igaragaramo ibizungerezi biri umwe wo mu gihugu cya Colombia...
Abakiristo benshi bemeza ko inzego z’amadini ya gikristo zigomba gutangira vuba gushyira mu bikorwa ingamba zo gukumira ibikorwa by’uburiganya by’abahanuzi n’abashumba bamwe na bamwe, biyoberanya...
Umuhanzi Ntakirutimana Felecien wamamaye nka 2T Reggae Man ari mu myiteguro yo kwerekeza muri Tanzania mu iserukiramuco rizabera I Zanzibar. Uyu muhanzi avuga ko abamutumiye babanje kumwigaho...
Muri iyi minsi hari amagambo yiganje cyane mu rubyiruko aho benshi basigaye bagira bati ’Nta myaka 100’, ’Nta gikwe’, aha baba bashatse kuvuga ko umuntu ibyo afite agomba kubyinezezamo akiriho. Nziza...
Ibigaragarira amaso ya rubanda ku isi hose ni uko abasore cyangwa abagabo bagaragara nk’abantu badakeneye kwitabwaho, guteteshwa, kurindwa, n’utundi tuntu tw’udukino benshi bibwira ko twagenewe...
Umunyamerika Earl Simmons wamamaye cyane mu muziki wa Rap nka DMX yatabarutse ku myaka 50 nyuma y’iminsi 5 gusa ajyanwe mu bitaro bya White Plains kubera indwara y’umutima yaturutse ku gukoresha...