Umunyapolitiki akaba n’impirimbanyi y’uburenganzira bw’ikiremwamuntu, Dr Denis Mukwege yakije umuriro kuri Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, wamwise umukandida...
Dr Denis Mukwege azwiho kudaceceka imbere y’ibibazo bya politike mu gihugu cye, ibibazo by’umutekano mu burasirazuba bwa DR Congo, no kuvuga ku nkomoko yabyo, ariko icyo azwiho cyane ni ukuvura...
Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC rwatangaje ko rwatangije iperereza no gukurikirana mu butabera Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nyuma y’ubwicanyi bwabereye i Goma, bukagawamo...
Repubulika ya demukarasi ya Congo yitabiriye inama y’ibihugu by’ibihangange bihuriye mu muryango BRICS ugizwe na Brazil, u Burusiya, u Buhinde, u Bushinwa na Afurika...
Mu kiganiro yagiranye na Actu30.cd, kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 9 Gicurasi 2023, umuhuzabikorwa wa Sosiyete Sivile Nshya ya Congo (NSCC), Jonas Tshiombela, yahamagariye Guverinoma ya...
Umutwe wa M23 wikomye Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba ziri muri Congo (EACRF), uvuga ko kuba ziri gutinda kujya muri tumwe mu duce wahoze ugenzura biri guha urwaho Ingabo za Congo...
Komisiyo y’amatora ya DR Congo yatangaje ko kwiyandikisha kuri listi y’itora bitangira mu ntara z’amajyaruguru n’uburasirazuba, zirimo na Kivu ya Ruguru irimo intambara.
Ibi bikorwa byo kwandika...
Akanama k’amatora ka Repubulika ya Demokarasi ya Congo katangaje ko amatora ya perezida azaba ku itariki ya 20 y’ukwezi kwa cumi na kabiri mu 2023.
Kuri ubu, umutekano mucye wibasiye...
Abantu batari munsi ya bane bishwe naho abandi 10 barashimutwa hafi y’umujyi wa Beni mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
’Centre’ y’ubucuruzi yo mu mujyi wa Kabasha muri iyi...
Leta y’u Rwanda iravuga ko nubwo perezida wa DR Congo avuga ko bashaka ibisubizo mu nzira za diplomasiya, imvugo n’ibikorwa biheruka byerekana ikinyuranyo kuko “leta ya DR Congo yahisemo gukomeza...
Perezida Félix Tshisekedi yaganiriye ba BBC ku ngingo z’umutekano mu burasirazuba bwa DR Congo, Monusco, umubano na Kabila, ndetse yamuhishuriye ko atakibasha guceza mu gihe cye k’ikiruhuko.
Mu...
Abasirikare ba Ukraine bari mu butumwa bwa ONU bwo kugarura amahoro muri DR Congo babuvuyemo barataha ku busabe bwa leta yabo, nk’uko bitangazwa na MONUSCSO.
Umunya-Bresil General Marcos Da...
Mu Ntara ya Kivu y’Epfo mu gace ka Mudaka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, haravugwa umukobwa w’imyaka 22 y’amavuko uri mu rukundo n’umukambwe w’imyaka 88 banitegura kwibaruka umwana...
Ishami rya ONU ryita ku mpunzi UNHCR muri DR Congo ryatangaje ko kubera ubushobozi bucye ritagishoboye kwita bikwiriye ku bibazo by’impunzi bikomeza kwiyongera.
Iri shami rivuga ko kugeza tariki...
Ababungabunga amahoro batawe muri yombi ku cyumweru kubera kurasa bakica abantu babiri mu mujyi wa Kasindi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo uri ku mupaka na Uganda ni Abanyatanzania, nkuko...
Ubutumwa bw’umuryango w’abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, MONUSCO, bwemeje ko abantu bane bapfuye bishwe n’amashanyarazi (umuyagankuba mu Kirundi) mu mujyi...
Ku biro bya MONUSCO i Goma, habereye imyigaragambyo idasanzwe kuri uyu wa Mbere, maze ibiro bakoreramo byigabizwa n’abigaragambya babyinjiyemo, bagasahura bimwe mu bikoresho...
Abantu batari munsi ya 31 barimo n’abana ubu ni bo bamaze kumenyekana ko bishwe mu cyumweru gishize mu mirwano yongeye kubura mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
Umuryango...
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo Félix Tshisekedi na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame bitezwe kugirana ibiganiro kuri uyu wa gatatu mu murwa mukuru Luanda wa Angola "ku guhosha...
Umuvugizi wa leta ya Repuburika ya Demokrasi ya Congo avuga ko u Rwanda rukwiriye gufata umutwe wa M23 kimwe na FDLR, yombi ikarwanywa kimwe nk’abagizi ba nabi bahungabanya ‘’umutekano w’u Rwanda...
Mu ruzinduko arimo muri Repubulika ya Congo, Perezida Paul Kagame na mugenzi we Denis Sassou Nguesso, bayoboye umuhango wo gusinya amasezerano y’ubufatanye mu nzego zitandukanye mu bukungu harimo...
Perezida Kagame ari kugirira uruzinduko rw’akazi i Brazzaville , aho yageze ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 11 Mata. Akazarurangiza ku wa 13 Mata...
Amakuru aturuka muri Congo ,mu ngabo za MONUSCO aravuga ko undi musirikare wazo yishwe n’ishyemba mu gitero cyagabwe mu ntara ya Ituri mu burasirazuba bwa Congo.
Ibi bikurikiye abasirikare...
Kuva mu ijoro ryo ku cyumweru umutwe witwaje intwaro utaramenyekana neza wagabye ibitero ku misozi ya Chanzu, Ndiza, Runyoni n’iyindi mu karere ka Rutshuru muri Kivu ya ruguru bituma abaturage...