Rutahizamu Luis Suarez yasuye Lionel Messi iwe mu rugo rwe ruri aho avuka mu mujyi wa Rosario muri Argentina kugira ngo bafatanye kwishimira igikombe cy’isi yatwaye ndetse banasangire iminsi...
Umunyabigwi mu mupira w’amaguru wo muri Brazil,Ronaldo aritegura kurushinga ku nshuro ya 3 n’umugore arusha imyaka 14 nyuma yo kumusaba ko yazamubera umugore undi akabyemera akamwambika impeta ubwo...
Abarimo Bruce Melodie, Ishimwe Dieudonné [Prince Kid], Mukansanga Salima, Rusine Patrick , Mutesi Scovia na Mugisha Moise bari mu bahataniye ibihembo bya The Choice Awards bigiye gutangwa ku...
Ambasade y’u Rwanda muri Uganda yatangaje ko iri gukurikirana ikibazo cy’Umunyarwandakazi Teta Sandra utuye murii Uganda bivugwa ko akubitwa n’umugabo we Weasel usanzwe ari umuhanzi...
Ku nshuro ya mbere abahanzi baririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana mu Rwanda bashyiriweho igikorwa gihuriza hamwe abagezweho bagahatana uwitwaye neza...
Umuhanzi wo muri Uganda Joseph Mayanja wamamaye nka Jose Chameleone agiye kugezwa mu butabera nyuma y’amashusho yamugaragaje akubita umu motari wari ugonze imodoka ye yahawe...
Ku wa gatanu,tariki ya 22 Nzeri, icyamamare muri Brazil, Ronaldo Luis Nazario de Lima,yakoze ibirori bikomeye by’ubukwe byabereye ahitwa Ibiza byitabirwa n’abashyitsi...
Umwongereza witwa Danniella Westbrook umenyerewe mu gukina amafilimi no gukora ibiganiro kuri televiziyo yatunguye abantu ubwo yagaragaye ku Nyanja ari koga yambaye ubusa ndetse amabere ye yose...
Umunyamideli w’Umurusiya Helga Lovekaty wavuzwe kenshi mu binyamakuru ko akundana na James Rodriguez ukinira Bayern Munich, ndetse ashinjwa ko yatumye atandukana n’umugore we kugira ngo...
Umwaka wa 2016 na 2017 ni imyaka yabaye mibi cyene kuri Zion Temple dore ko ari bwo humvikanye intambara y’amagambo hagati ya Apotre Gitwaza n’aba Bishops bari ibyegera bye. Aba ba Bishops...
Rutahizamu wa FC Barcelona n’ikipe y’igihugu ya Argentine, Lionel Messi n’umugore we Antonnella Roccuzzo , baritegura kubyara umwana wa gatatu nyuma y’amezi agera kuri abiri barushinze....
Umukinnyi N’golo Kante ukinira Chelsea hagati,yasekeje benshi kubera ukuntu yari yambaye mu bukwe bwa mugenzi we Cesc Fabregas aho yri yashyizemo ikabutura n’inkweto za siporo mu gihe abandi...
Mu marushanwa y’ubwiza ya Miss Africa Calabar 2019, ikamba ryegukanywe na Irene Ng’endo Mukii wari uhagarariye igihugu cya Kenya, naho Tania Muvunyi wagiye muri aya marushanwa ahagarariye u Rwanda...
Ikinyamakuru Showbiz Uganda cyasohoye urupapuro rw’amanota rufotoye rugaragaza umuhanzi Jose Chameleone yagize amanota 12 kuri 20 mu bizamini bya Leta, ibi bikaba bimwongerera amahirwe yo...
Mu majyaruguru ya Argentine mu gace kitwa Rosario aho Lionel Messi avuka niho habereye ubukwe kuri uyu wa gatanu tariki ya 30 Kamena 2017, aho yambikanye impeta y’urudashira n’umugore we bakundanye...
Kubera umubano ukomeye uri hagati ya Cesc Fabregas na Lionel Messi,abagore babo babasabye ko bareba uko bakongera guhurira mu ikipe imwe muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika nkuko mu myaka ishize...
Abatabazi bari gushakisha abantu baba bagihumeka mu bisigazwa by’inzu yo guturamo y’amagorofa 12 yasenyutse kuwa kane mu mujyi wa Miami, leta ya Florida muri...
Isango Star igiye gushimira abahanzi bitwaye neza mu mwaka wa 2021 binyuze mu ‘Isango na Muzika Awards’ , ibihembo byatangiye gutangwa mu 2020 ndetse abahanzi bari guhatana batangajwe.Ibi bihembo...
Jimmy Kato ni umugabo waciye ibintu mu gihugu cya Uganda avuga ko ariwe se w’umuhanzi Joseph Mayanja [Jose Chameleone]. Uyu mugabo avuga ko ashaka kugaragaza ukuri kandi ko adakeneye amafaranga ya...