Umuhanzi The Ben wamamaye cyane mumuziki Nyarwanda agiye guhurira na Masamba Intore mu gitaramo mpuzamahanga cyo kwizihiza umunsi w’abagore kizabera muri Leta zunze ubumwe za...
Umuherwekazi w’umugande uba muri Afurika y’Epfo, Zari Hassan uherutse guhakana amakuru avuga ko ari mu rukundo n’umunyemari ukomeye King G.K uzwi ku izina rya G.K Choppa ,bongeye ku garagara bari...
Abahanzi bo muri Afurika ni bamwe mu bakize cyane ndetse binjije menshi mu mwaka wa 2022ariyo mpamvu ikinyamakuru Ghbase cyashyize hanze urutonde rw’abafite akayabo muri...
Imyaka 13 amaze mu muziki, umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben ntiyigeze yumvikana kenshi mu nkuru z’urukundo; gusa hari abakobwa b’ikimero batandukanye bagiye bavugwa mu rukundo nawe...
Umuhanzi Nemeye Platini uzwi ku izina rya Platini P yerekeje muri Nigeria mu bihembo bya All Africa Music Awards [AFRIMA], akaba yagiye aherekejwe n’abarimo Dj Brianne ,Producer Element...
Mu mashusho ari gucicikana ku mbuga nkoranyambaga The Ben ubwe yishyiriye kuri konti ye ya Instagram ahashyirwa ubutumwa bumara umunsi umwe, amugaragaza ari kwirukankana ku mucanga na Miss...
Igihembo ibihembo bya AFRIMMA birimo abahanzi 3 bo mu Rwanda ndetse n’abandi bahanzi batadukanye bo muri East Africa ,The Ben yahamije ko igihembo gikwiriye mugenzi we Meddy. Mu gihe habura...
Abahanzi nyarwanda barimo The Ben, Meddy na Knowless nibo bahanzi bo mu Rwanda bari guhatanira ibihembo bya muzika AFRIMMA, bitangirwa muri Leta Zunze Ubumwe za...
Umurundikazi Francine Niyonsaba yanditse amateka mashya mu kwiruka metero 2000 mu irushanwa Continental Tour Gold ryaraye ribereye i Zagreb mu gihugu cya Croatia.
Niyonsaba yaje ku mwanya wa...
Umuraperi w’Umunyamerika ASAP Rocky yatangaje ko ari mu mubano w’urukundo n’umuririmbyi Rihanna.
Mu kiganiro n’ikinyamakuru GQ, uyu muraperi yavuze ko Rihanna ari "urukundo rw’ubuzima bwanjye"....
Umuhanzi Mpuzamahanga Mohombi Nzasi Moupondo uzwi nka Mohombi ukomoka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo ari mu Rwanda aho yitabiriye imikino ya Shampiyona Nyafurika ya Basketbal izatangira...
Umuhanzi uri mubakunzwe cyane muri Tanzania, Harmonize ari kuvugwa cyane kubera urukundo rwe n’umugore bari kugaragara barikumwe mu munyenga w’urukundo.
Icyamamare mu ruhando rwa muzika mu Rwanda’Bruce Melodie’, indirimbo ye yongeye kwishimirwa n’umunyamakurukazi ukomeye muri Kenya,maze amarangamutima ye atuma yumva atabyihererana ko yasangiza...
Mu minsi ishize twagiye tubabwira inkuru zitandukanye zigaruka ku mubano wa Yolo The Queen n’umuhanzi Drake uri mu ba mbere bakomeye hano ku isi. Ibi akenshi byagaragariraga ku rubuga rwa...
Abahanzi bo muri Afurika ni bamwe mu bakize cyane ndetse binjije menshi mu mwaka wa 2021,ariyo mpamvu ikinyamakuru Ghbase cyashyize hanze urutonde rw’abafite akayabo muri...
Rutahizamu Cristiano Ronaldo ukinira Juventus n’umukunzi we Georgina Rodriguez bakunze kuvugwa cyane mu binyamakuru kubera amafoto bashyira hanze ariko kuri iyi nshuro baciye ibintu kubera...