Hashize iminsi havugwa ibihuha byinshi ku buzima bwa Perezida wa Koreya ya Ruguru Kim Jong Un, ahanini biterwa no kuba amaze iminsi ataboneka mu ruhame, ibitangazamakuru bya leta ntacyo...
Perezida Donald Trump wa Amerika yasinye itegeko rihagarika by’agateganyo gutanga green cards.
Ni itegeko ririmo amarengayobora amwe n’amwe, rigomba kubahirizwa mugihe cy’iminsi 60 ariko rishobora...
Inama ya Commonweath y’abakuru b’ibihugu yari igiye kuba ku nshuro ya 26 ikabera mu Rwanda yamaze gusubikwa kubera icyorezo cya Coronavirus gihangayikishije isi n’u Rwanda...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zageze ku bantu 40,565 bamaze kwicwa n’icyorezo cya Coronavirus, nyuma y’aho mu masaha 24 ashize abantu 1561 bishwe na yo.
Polisi ya leta ya California yatangaje ko harashwe abantu batandatu bagakomereka ubwo bari mu birori birimo abantu benshi mu gihe hari amategeko ko abantu baguma mu ngo zabo mu kwirinda...
Imibare ya Kaminuza ya Johns Hopkins igaragaza ko abantu 2,108 bishwe na coronavirus mu masaha 24 ashize, mu gihe ubu abarenga 500,000 bamaze kwemezwa ko bayanduye muri...
Muri Leta zunze ubumwe za Amerika coronavirus yishe abantu 1,736 mu gihe cy’umunsi umwe gusa w’ejo kuwa kabiri, nibo benshi iyi ndwara yishe mu gihugu kimwe ku munsi kugeza...
Ikigo gishinzwe kugenzura ibiribwa n’imiti mu Rwanda (FDA) kibwira abaturage ko imiti yo mu bwoko bwa chroloquine atari imiti ivura coronavirus, ko kuyikoresha mu buryo itagenewe...
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yategetse uruganda rukora imodoka rwa General Motors (GM) gukora ibikoresho byongera ubuhehere n’umuyaga mu nzu (ventilators/ventilateurs) byo...
Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Leta ya Arizona, umugabo yapfuye naho umugore we araremba nyuma y’uko bombi biteye umuti wa chloroquine phosphate, bikekwa ko bariho bikingira...
Umuyobozi w’Ikirenga wa Irani Ayatollah Ali Khamenei yatangarije kuri televiziyo i Teherani, muri Irani ko igihugu cye kitazemera inkunga ya Amerika yo kurwanya icyorezo cya COVID-19 kubera ko...
Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump yatangaje amabwiriza mashya ku ngendo hagati ya Amerika n’uburayi mu rwego rwo kurwanya icyorezo cya coronavirus.
Mu ijambo ryaciye kuri...
Muri iyi minsi abatuye isi baryamiye amajanja bakora ibishoboka byose ngo birinde icyorezo cya Coronavirus kiri kuzahaza amahanga by’umwihariko Ubushinwa ari na ho...
Mu ijoro ryo ku cyumweru taliki 26 Mutarama 2020 mu Rwanda, bikaba ku manywa y’ihangu muri US nibwo indege ya kajugujugu yahitanye icyamamare Kobe Bryant wamamaye muri NBA mu gihe kingana n’imyaka...
Icyamamare mu mukino wa Basketball Kobe Bryant hamwe n’umukobwa we Gianna Maria Onore Bryant bari mu bantu icyenda bapfuye mu mpanuka y’indege ya kajugujugu yaguye ahitwa Calabas muri...
Ubuyobozi bwa Disney bwavanye ijambo "Fox" mu kirango kizwi cyane 20th Century Fox studio itunganya za filimi, ni ukwitandukanya n’ibikorwa by’uwari nyiri Fox witwa Rupert...
Amagana y’abanya Irani biriwe mu mihanda ku munsi w’ejo mu murwa mukuru Tehran, bigaragambya mu rwego rwo kwerekana umujinya bafitiye abayobozi babo bise abanyabinyoma nyuma yo guhakana ko ari bo...
Abayobozi bo mu burengerazuba bw’isi baravuga ko hari ibimenyetso bigaragaza ko habayeho kwibeshya ku ndege, misile ya Iran ariyo yarashe igahanura indege y’abagenzi mu kirere cya...
Igihugu cya Iran cyagaragaje ko cyiteguye kwinjira mu ntambara yeruye na Amerika nyuma y’aho kirasiye Missile zisaga 22 ku birindiro bibiri by’ingabo za Amerika muri Iraq mu rwego rwo kwihorera ku...
Amamiliyoni y’abanya Iran yateranye uyu munsi mu muhango wo gusezera kuri Gen. Qassem Soleimani kuri uyu wa Mbere aho uwamusimbuye Esmail Qaani yabasezeranyije ko kwihorera kuri US yamwishe ari...