Perezida Kagame yageze ku rugamba aturutse muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho yigaga. Si kenshi cyane abantu bakunda kugaruka kuri iyi nzira ya Perezida Kagame yaranzwe n’ibizazane bikomeye....
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yashimye Kenya nyuma yo gutaha ikiciro cya mbere cy’umuhanda wa gari ya moshi uzava muri Kenya, ukanyura muri Uganda, ukaza mu Rwanda ugakomeza mu Burundi, ndetse...
Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye mu murwa mukuru wa Sudani y’Epfo (RFPU II) Juba, ku itariki ya 27 Kamena bitabiriye amarushanwa y’umupira w’amaguru yateguwe...
Mu murwa mukuru wa Ethiopia, Addis Ababa guhera ku itariki ya 27 Kamena kugeza ku wa 04 Nyakanga 2017 hateraniye inama y’abakuru b’ibihugu na za Guverinoma akaba ari naho hafatiwe umwanzuro w’uko u...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 18 Kanama 2017, ku Kibuga cy’indege Mpuzamahanga cya Kigali.hageze abakuru b’Igihugu barimo Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, Salva Kiir wa Sudani y’Epfo, Uhuru...
Mu ishuri rya Polisi riri i Gishari mu karere ka Rwamagana, kuri uyu wa mbere tariki ya 2 Ukwakira 2017 hatangiye icyiciro cya kane cy’amahugurwa y’abazahugura abandi mu kugarura no kubungabunga...
Ikipe y’igihugu Amavubi ishobora kubona amahirwe yo kwerekeza mu mikino ya CHAN nyuma y’aho amahirwe yayo yayoyotse ubwo yasezererwaga na Uganda ku bitego 3-2 mu mikino yombi, gusa amahirwe yayo...
Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA yatangarije Radio Rwanda ko biteguye gukurikirana umutoza Antoine Hey wataye akazi akigira mu biruhuko iwabo mu Budage atabibwiye...
• Mulisa yatangaje ko ibyo guhitamo abakinnyi babanza mu kibuga ari umwanzuro w’umutoza
• Jimmy Mulisa yatangaje ko APR FC yiteguye kwitwara neza imbere ya Bugesera...
• Eyob Metkel niwe wegukanye agace ka 6 ka Tour du Rwanda
• Eyob Metkel yegukanye agace ku nshuro ya kabiri nyuma yo gutsindira I Nyamata
• Eyob Metkel yakoze amateka y’umukinnyi umaze gutwara uduce...
Abasore 2 b’Abarundi bakina mu ikipe ya Rayon Sports,bakomeje kwitwara neza mu mikino ya CECAFA iri kubera muri Kenya aho ku munsi w’ejo batsinze ibitego mu mukino Uburundi bwanyagiye Ethiopia...
Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Karekezi Olivier yatangaje ko nta makimbirane afitanye na Nzamwita Vincent De Gaulle nyuma y’igihe bivugwa ko aba bombi batabyumva kimwe bitewe n’ibyo De Gaulle...
Urukundo rushobora gukura rukazana indabyo no mu gihe icyizere n’ ibyiringiro byo kubaho ari ntabyo. Byabayeho mu 1978 ubwo Aynalem na Genet bashingiranwaga , Ethiopia iri mu bihe bikomeye kandi...
Ku mugabane wa Afurika hari ibihugu bizwiho kuba bifite abakobwa beza kurusha abandi, gusa ikiza ku mwanya wa mbere mu bihugu 10 biyoboye ibindi kiraza kugutungura kuko utakekaga ko cyaza kuri...
Ikipe y’igihugu y’abagore yatangiye neza imikino ya CECAFA iri kubera mu Rwanda kuko itsinze Tanzania igitego 1-0 mu mukino wabereye kuri stade ya Kigali I...
Amavubi y’abagore anganyije na Uganda ibitego 2-2 mu mukino wa Gatatu wa CECAFA y’abagore iri gukinirwa kuri stade ya Kigali,bituma amahirwe yayo yo kwegukana igikombe...
Igisirikare cy’ u Rwanda cyatangaje Abaminisitiri b’ ingabo mu bihugu 10 byo muri Afurika y’ iburasirazuba bategerejwe I Kigali mu nama yiga ku mutekano n’...