skol
Kigali

Search: Football (343)

Nyuma yo kwamamara ku isi yose kubera amarozi, FIFA yasabye FERWAFA ibisobanuro bwimbitse

Nyuma y’uko ibinyamakuru bitandakunye kandi bikomeye ku isi, byanditse ko muri Shampiyona y’u Rwanda harimo gukoreshwa uburozi, ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi ’FIFA’ ryandikiye FERWAFA...
30 December 2016 147 0

[Mu mafoto]: Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze siporo nyarwanda mu mwaka wa 2016

Turi gusoza umwaka wa 2016, uyu mwaka siporo nyarwanda yaranzwe n’ibihe byiza ndetse n’ibibi, haba mu muri ruhago dore ko ariyo ikunzwe cyane kurusha izindi siporo, gusa n’ubwo ariyo ikunzwe cyane...
30 December 2016 1220 0

‘Ibibazo by’ umuryango byatumye nongera amasezerano muri Police FC’ Danny Usengimana

Rutahizamu wa Police Football Club, n’Amavubi, Danny Usengimana avuga ko impamvu yamuteye kongera amasezerano muri Police FC ari ukubera ibibazo by’umuryango we kuko ntayandi mahitamo yari afite....
31 December 2016 1838 0

CAF: Riyad Mahrez yegukanye igihembo cy’umukinnyi w’Afurika mwiza, umugande nawe ahabwa ikindi

Umunya Algeria ukinira ikipe ya Leicester City, Riyad Mahrez, niwe wegukanye igihembo cy’umukinnyi mwiza w’umunyafurika mu mwaka wa 2016. Mu bagore cyegukanywe n’umunya Nigeria Asisat Oshoala....
6 January 2017 504 0

Pogba ntabona Messi na Ronaldo nk’abakwiye Ballon d’Or ya FIFA

Umufaransa ukinira ikipe ya Manchester United, Paul Pogba atangaza ko abona uyu mwaka Zlatan Ibramovic bakinana ari we ukwiye kwegukana igihembo cy’umukinnyi mwiza ku isi gitangwa na FIFA. Iki...
7 January 2017 1892 0

Dore amagambo Cristiano yatangaje agitwara Ballon d’Or, anashotora mukeba FC Barcelona

Cristiano Ronaldo nyuma yo kwegukana igihembo cy’umukinnyi mwiza ku isi gitangwa na FIFA(FIFA Ballon d’Or 2016), yahise atangaza ko uyu mwaka atazawibagirwa mu buzima bwe, kuko ibyamubayeho ari...
10 January 2017 2766 0

Bigoranye Manchester United yegukanye igikombe cya 5 cya EFL

Ikipe ya Manchester United nyuma yo gutsinda bigoranye ikipe ya Southampton ibitego 3-2 ku umukino wa nyuma wa English Football League(EFL) yegukanye igikombe ndetse kiba igikombe cya gatanu cya...
26 February 2017 1911 0

Migi yifatanyije n’abafana ba APR FC mu bihe bibi barimo maze anagenera ubutumwa bukomeye abakinnyi b’iyi...

Umukinnyi mpuzamahanga w’umunyarwanda Mugiraneza Jean Baptiste uzwi nka Migi yihanganishije bagenzi be bo mu ikipe yakiniye ya APR FC ababwira ko ibihe barimo byo gutsindwa umusubirizo ko bagomba...
19 March 2017 2765 0

Ntagungira Celestin yashyizwe mu kanama gashinzwe amategeko y’ umupira w’ amaguru ku Isi

Ntagungira Celestin “Abega” wahoze ari umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, yashyizwe mu kanama ka tekiniki k’ikigo mpuzamahanga kigenga amategeko y’umupira w’amaguru ku Isi, IFAB....
21 April 2017 1573 0

Taliki 15 Kamena: Isomere ibyaranze uyu munsi mu mateka birimo n’ishingwa rya UEFA n’urupfu rw’uwatangije...

Turi tariki ya 15 Kamena, ni umunsi w’ 166 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 199 ni yo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Ibyaranze uyu munsi mu mateka • -763: Abassyriens bafashe neza...
15 June 2017 600 0

Ferguson yatangaje icyatuma Manchester United yongera gutwara ibikombe

Umutoza Sir Alex Ferguson wahoze atoza Manchester United aho yayihesheje ibikombe 38 birimo 13 bya “Premier League” yatangaje icyo abona cyatuma ikipe ya Manchester United yongera gutwara ibikombe...
19 June 2017 1949 0

Ibyaranze tariki 21 Kamena umunsi wahariwe ibintu bitatu birimo n’ umuziki

Turi Tariki ya 21 Kamena, ni umunsi w’ 172 mu minsi 365 igize uyu mwaka wa 2017. Iminsi 193 ni yo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Bimwe mu bintu bikuru bikuru mu byaranze tariki ya 21...
21 June 2017 415 0

Visi Perezida wa Rayon Sports yahagaritswe umwaka

Umuyobozi wungirije w’ umuryango wa Rayon Sports Muhirwa Prosper yahagaritswe kuri uyu mwanya w’ ubuyobozi igihe kingana n’ umwaka wose kubera amakosa arimo imyitwarire mibi, gutukana, kurwana...
21 June 2017 1644 0
0 | ... | 60 | 90 | 120 | 150 | 180 | 210 | 240 | 270 | 300 | 330