Rutahizamu wa Police Football Club, n’Amavubi, Danny Usengimana avuga ko impamvu yamuteye kongera amasezerano muri Police FC ari ukubera ibibazo by’umuryango we kuko ntayandi mahitamo yari afite....
Umunya Algeria ukinira ikipe ya Leicester City, Riyad Mahrez, niwe wegukanye igihembo cy’umukinnyi mwiza w’umunyafurika mu mwaka wa 2016.
Mu bagore cyegukanywe n’umunya Nigeria Asisat Oshoala....
Umufaransa ukinira ikipe ya Manchester United, Paul Pogba atangaza ko abona uyu mwaka Zlatan Ibramovic bakinana ari we ukwiye kwegukana igihembo cy’umukinnyi mwiza ku isi gitangwa na FIFA.
Iki...
Cristiano Ronaldo nyuma yo kwegukana igihembo cy’umukinnyi mwiza ku isi gitangwa na FIFA(FIFA Ballon d’Or 2016), yahise atangaza ko uyu mwaka atazawibagirwa mu buzima bwe, kuko ibyamubayeho ari...
Ikipe ya Manchester United nyuma yo gutsinda bigoranye ikipe ya Southampton ibitego 3-2 ku umukino wa nyuma wa English Football League(EFL) yegukanye igikombe ndetse kiba igikombe cya gatanu cya...
Umukinnyi mpuzamahanga w’umunyarwanda Mugiraneza Jean Baptiste uzwi nka Migi yihanganishije bagenzi be bo mu ikipe yakiniye ya APR FC ababwira ko ibihe barimo byo gutsindwa umusubirizo ko bagomba...
Ntagungira Celestin “Abega” wahoze ari umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, yashyizwe mu kanama ka tekiniki k’ikigo mpuzamahanga kigenga amategeko y’umupira w’amaguru ku Isi, IFAB....
Turi tariki ya 15 Kamena, ni umunsi w’ 166 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 199 ni yo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Ibyaranze uyu munsi mu mateka
• -763: Abassyriens bafashe neza...
Umutoza Sir Alex Ferguson wahoze atoza Manchester United aho yayihesheje ibikombe 38 birimo 13 bya “Premier League” yatangaje icyo abona cyatuma ikipe ya Manchester United yongera gutwara ibikombe...
Turi Tariki ya 21 Kamena, ni umunsi w’ 172 mu minsi 365 igize uyu mwaka wa 2017. Iminsi 193 ni yo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu bintu bikuru bikuru mu byaranze tariki ya 21...