Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Kanama 2020 ni bwo hamenyekanye inkuru y’urupfu rwa Bishop Simon Masasu, mukuru wa Apotre Masasu, witabye Imana azize...
Umuhanzi Marius Bison ni umuhanzi mushya ariko uzanye ibyiza bitangaje, amazina ye ubusanzwe yitwa Jacques Marius KAMANA, hashize imyaka myinshi ari muri Muzika afasha amakorari, ariko mu buryo...
Umwe mubahanzi bari bakunzwe cyane mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana mugihugu cya Kenya, Dennis Mwangi uzwi nka Papa Dennis bamusanze iruhande rw’umuhanda...
Rutahizamu wa Liverpool,Roberto Firmino yiyeguriye Imana abatirizwa muri Pisine ye mu rugo mu muhango witabiriwe na mugenzi we bakinanandetse bakomoka mu gihugu kimwe cya Brazil, umunyezamu...
Umuraperikazi wamamaye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika Onika Tanya Maraj-Petty wamenyekanye ku izina rye ryo ku rubyiniro nka Nicki Minaj agiye gukorana na nyina umubyara indirimbo ihimbaza...
Umuraperi Kaye West uri mu bakomeye muri USA yakoze umurimo ukomeye wo kubwiriza ubutumwa mu nsengero zitandukanye muri iki gihugu bituma abagera ku 1000 bareka imirimo ya kamere biyegurira...
Umushumba w’Itorero Angilikani muri Paruwasi ya Remera, Pasiteri Dr. Antoine Rutayisire , yifatiye ku gahanga abashumba b’amatorero bihangije ku kwigisha abakirisitu inyigisho z’ubuntu,...
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 23 Nyakanga 2019, ni bwo Rusheshangoga Michel yasezeranye imbere y’amategeko na Nakazungu Aimé bakunda kwita Njungu, aho ubukwe buzaba tariki ya 26 Nyakanga...
Myugariro w’ikipe ya APR FC,Rusheshangoga Michel ukinira ikipe ya APR FC yatangaje ko tariki ya 26 Nyakanga 2019 aribwo azakora ubukwe n’umukunzi we Nakazungu Aimée bita...
Rutahizamu wa Rayon Sports Sarpong Micheal yagaragaye mu birori bya Salax Awards ari kumwe n’umuhanzikazi Asinah Erra bivugwa ko bari mu rukundo rwimbitse.
Ubu hari ibyamamare byinshi bitandukanye hano mu Rwanda byagiye bitandukana n’abakunzi babo ku buryo bwatunguranye, aha harimo umukobwa wigaruriye imitima ya benshi muri muzika Queen Cha...
Ahagana mu ma saha ya saa tanu z’amanywa ku itariki ya 4 Ukwakira 2018 ni bwo hamenyekanye inkuru y’urupfu rwa Mucyo Sabine, umugore wa Uwagaba Caleb wari umaze iminsi arembeye mu bitaro bikuru bya...
Umuyobozi wa RGB Anastase Shyaka
Kuri uyu wa 25 Nzeli inkuru ziriwe zivugwa cyane ni Paul Gitwaza avuga ko ariwe muhanuzi ukomeye mu Rwanda no muri Africa, na Rugagi Innocent wasohoye udutabo...
Yannick Mukunzi ni umusore w’imyaka 23 dore ko yabonye izuba taliki 2 ukwakira 1995 , mu Bwiza mu mugi wa Bujumbura mu gihugu cy’ u Burundi , Yannick Mukunzi ni umusore ufite uburebure bwa metero...
Abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana ni bamwe mu bantu baba bakagombye kwitwararika no kwera imbuto bikomeye kuko baba bazwi n’abantu benshi ,nyamara iyo urebye ubona imyitwarire ya...