Umuryango wa DJ Miller washimiye abitabiriye igitaramo cyahurije hamwe aba DJ batandukanye ndetse n’inshuti z’umuryango, mu rwego rwo kwizihiza ubuzima n’ibikorwa by’uyu munyamuziki umaze imyaka...
Abazwi muri Sinema Nyarwanda by’umwihariko itsinda ry’abahurira muri Filime ya Papa Sava ndetse na Seburikoko bitabiriye ubukwe bwa Yasuwe Niyomubyeyi Noëlla uzwi nka Fofo muri Papa Sava...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 30 Mata 2022 Abakinnyi bakomeye mu ikipe ya Paris Saint Germain, Sergio Ramos, Keylor Navas na Julian Dlaxer bategerejwe i Kigali muri gahunda ya Visit...
Myugariro w’ikipe ya Police FC, Rutanga Eric yakoze ubukwe na Umunyana Shamsi Sultan bari bamaze igihe babana, ni ubukwe bwatashywe n’ibyamare bitandukanye. Ubukwe bw’aba bombi bwari bwakomeje...
Ibigwi bya Kazeneza Marie uri mu bakobwa 9 bahagarariye intara y’Uburengerazuba bari gushakwamo Nyampinga w’u Rwanda 2022 ,ubitse n’ikamba rya Kaminuza ya UTB ikamba amaranye...
Miss Bagwire Keza Joannah wegukanye ikamba rya Miss Heritage muri Miss Rwanda 2015, akaba ari n’umunyamakuru wa KISS FM yasabwe anakobwa n’umukunzi we Murinzi...
Igitaramo cy’umuhanzi Bruce Melodie umaze kubaka izina mu muziki mu gihe kimyaka 10 , yatangaje abahanzi batandukanye bazakibonekamo ndetse n’abamwe mu byamamare...
Nyuma y’uko Jay Polly yitabye Imana mu masaha macye ashize , amagambo yuzuyemo agahinda, urwibutso rwe no kumwifuriza kuruhukira aheza, ni yo yiganje ku mbuga nkoranyambaga z’abahanzi n’abandi...
Kayesu Shalon ni umukobwa ufite imyaka 18 y’amavuko ndetse isaga kuko ngo yayujuje ku itariki 23 Ukuboza 2020, ubu akaba asoje mu mwaka wa kane w’amashuri yisumbuye mu bijyanye...
Umwe mu banyezamu ba mbere mu Rwanda,Kwizera Olivier,yatangaje kuri uyu wa Kane ko asezeye ku mupira w’amaguru ariko benshi mubo bakinannye ndetse n’abandi banyarwanda batandukanye bamwinginze...
Abasitari mu njyana y’umuziki wa Tanzania uzwi nka "bongo flava" barimo gushimisha imbaga mu bikorwa byo kwamamaza mu matora babinyujije mu ndirimbo bakoze.
Icyamamare mu mukino wa Basketball Kobe Bryant hamwe n’umukobwa we Gianna Maria Onore Bryant bari mu bantu icyenda bapfuye mu mpanuka y’indege ya kajugujugu yaguye ahitwa Calabas muri...
Bisanzwe bizwi ko buri mpera z’umwaka no gutangira umushya mu Rwanda rutegura cyangwa rukakira ibitaramo bitandukanye mu rwego rwo guha Abanyarwanda ibyishimo mu minsi mikuru ya Noheli n’Ubunani...
Sherrie Silver ni umuhimbyi w’imbyino wabigize umwuga guhera mu 2010 yamenyekanye cyane mu mashusho y’imbyino z’abahanzi bakomeye muri Africa no ku isi akagira inkomoko mu majyepfo y’u Rwanda mu...
Umuhanzi DJ Arafat uherutse kwitaba Imana azize impanuka ya moto, yasezeweho bwa nyuma nk’intwari mu gitaramo gikomeye cyitabiriwe n’abantu babarirwa mu bihumbi barimo na Perezida wa Côte d’Ivoire,...
Umuhanzi Mico The Best uri muri ba kizigenza mu njyana ya Afrobeat mu Rwanda,yagaragaye ku rutonde rw’abahanzi b’ibihangange muri Afurika bagomba guhatanira bihembo bya BAE Awards 2019 bitegurirwa...