Ikigo gishinzwe amazi, isuku n’isukura (WASAC) cyatangaje ko kuva kuri uyu wa Gatatu tariki 10 Kanama kugeza kuwa Gatanu tariki 12 Kanama 2022, ibice bimwe by’Umujyi wa Kigali bizaba bidafite...
Mu karere ka Kamonyi Ababyeyi bari mu gahinda gakomeye nyuma y’urupfu rw’umwana wabo wapfiriye ku ishuri aho yigaga mu kigo cya cyeru bivugwa ko yazize agapfundikizo k’ikaramu kamwe ko hasi ariko...
Polisi y’u Rwanda kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 15 Kamena, yatangiye gutangaza amabwiriza ya buri munsi azayobora abakoresha imihanda yo mu mujyi wa Kigali bitewe n’uko imwe n’imwe izaba irimo...
Amb.Gatete Claver yongeye gushyirwa mu majwi mu rubanza rw’inyereza rya za miliyari mw’igurwa ry’inyubako ya sosiyete yitwa A&P Ltd.
Serubibi Eric yabwiye urukiko ko Amb.Gatete ariwe watanze...
Uyu munya Korea yari akurikiranyweho icyaha cyo gukoresha inyandiko mpimbano.
Ubushinjacyaha bwari bwasabye urukiko rukuru ko ubujurire bwa Jin Joseph butakwakirwa n’urukiko rukuru ahubwo...
Benshi mu bumvise ibivugwa ku rupfu rw’umwana witwa Akeza Elisie Rutiyomba wo mu Kagari ka Busanza,mu murenge wa Kanombe mu Karere ka Kicukiro witabye Imana ku wa Gatanu tariki 14 Mutarama 2022...
Umusore witwa Nzabandora Issa w’imyaka 32 y’amavuko yiyahuriye mu igorofa y’Ubucuruzi ya Inkundamahoro iherereye mu Murenge wa Kimisagara mu Karere ka Nyarugenge.
Ahagana saa Yine z’ijoro ryo ku...
Mu murenge wa Kigali,mu mudugudu wa Kampenge wo mu kagari ka Nyabugogo hagaragaye umurambo w’umugabo uri mu kigero cy’imyaka 30 ari mu giti yapfuye nkaho yiyahuye gusa abari aho batangaza ko yaba...
Umukobwa wo ku Muhima avuga ko yatewe inda kabiri ataruzuza imyaka 18, nyamara akaba nta mwana n’umwe afite ubu: uwa mbere yaguye muri ruhurura, inda ya kabiri yayikuyemo agamije kuguma ku rutonde...
Mu murenge wa Kimisagara mu karere ka Nyarugenge munsi y’ikigo cya MAISON DES JEUNES ya Kimisagara mu mu gezi wa mpazi habonetse umurambo w’umugabo uri mukigero cy’imyaka irenga 30 witwa Tuyisenge...