Minisitiri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo (MIFOTRA), yavuze ko mu bakozi ba Leta mu nzego zitandukanye hakigaragaramo ingeso n’imyitwarire bibangamiye ubumwe n’ubwiyunge...
Dusengiyumva Samuel ni we utorewe kuba Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali,mu matora yabaye uyu munsi tariki 15 Ukuboza mu 2023. Asimbuye Pudence Rubingisa wagizwe Guverineri w’Intara...
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Kane tariki 25 Mutarama mu 2024, iyoborwa na Perezida Paul Kagame aho hari abayobozi bashyizwe mu...
Umunyeshuri witwa Mbyayingabo Jonas waherukaga kwirukanwa burundu azira gukoresha ikirori ku ishuri cyo kwerekana umukunzi kuri Saint Valentin,yahawe amahirwe ya kabiri yimurirwa ku kindi kigo...