Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ya Polonye yaherekejwe n’indege z’intambara zo mu bwoko bwa F-16 ubwo yerekezaga mu gikombe cy’isi kigiye kubera muri Qatar.
Kuri uyu wa kane,nibwo iyi kipe...
Umwe mu mpanga 2 zavutse zifatanye zifite imyaka 21,yemeje ko amaze amezi 18 akundana n’umukunzi bahuriye ku rubuga rwa Hinge gusa avuga ko umuvandimwe we bafatanye ari ’umwana mubi’
Uyu mukobwa...
Lionel Messi yahishuye mu buryo bwihariye ko Pep Guardiola yangije cyane umupira wamaguru mu gihe yamaze muri Barcelona.
Aba bombi bakoranye muri Barcelona hagati ya 2008 na 2012, batwara...
Uwahoze ari umugore wa Bill Gates,Melinda yashatse undi mugabo mushya nyuma yo gutandukana n’uyu muherwe wigeze kuba uwa mbere ku isi.
Umwe mu bagore bakize ku isi, Melinda Gates ntakiri ku...
Donald Trump wahoze ari perezida wa Amerika yaciye amarenga akomeye ko ashobora kongera kwiyamamariza kujya muri White House.
Yabwiye imbaga y’abantu ahitwa Sioux City, muri leta ya Iowa ati...
Lionel Messi avuga ko Igikombe cy’isi cyo mu Gushyingo uyu mwaka muri Qatar "rwose" kizaba aricyo cya nyuma akinye mu ikipe ya Argentine.
Rutahizamu wa Paris St-Germain w’imyaka 35 amaze gukina...
Myugariro Dani Alves yahishuye ko akunda ndetse yishimira uwahoze ari mukeba we Cristiano Ronaldo nubwo ngo yigeze kwanga kumusuhuza mu birori byo gutanga Ballon d’Or.
Aba bombi bakaba bari...
Igikombe cyisi kizatangira umunsi umwe mbere ya tariki yari iteganyijwe ubwo n’ukuvuga ko kizatangira ku cyumweru, tariki ya 20 Ugushyingo hakinwa umukino umwe wa Qatar na Ecuador.
Uyu mukino...
Umutoza Thomas Tuchel yibajije bikomeye ku murava w’abakinnyi ba Chelsea atoza,nyuma yo gutsindwa na Arsenal ibitego 4-0 mu mukino wa gicuti wo gutegura umwaka w’imikino wabaye kuri uyu wa...
Raporo nshya y’ibihugu bifite ubwiza nyaburanga ku isi yashyize Tanzania ku mwanya wa 4 mu bihugu byiza ku isi n’amanota 6.90 ku icumi mu gihe na Kenya yaje mu bihugu 10 bya mbere byiza ku isi....
Umujyi wa Kigali waje mu mijyi 15 ya mbere ku isi yatsinze irushanwa rya 5 rya Global Mayors Challenge.
Ritegurwa na Bloomberg Philanthropies, aho hahembwa imijyi yabaye indashyikirwa mu...
Mu gihe irushanwa ryo gushakisha nyampinga w’Isi 2021 ririmbanyije , Miss Ingabire Grace uhagarariye u Rwanda muri iri rushanwa ntiyabashije kuboneka mu bakobwa 10 bahize abandi mu bwiza bufite...
Miss Ingabire Grace uhagarariye u Rwanda mu irushanwa rya Miss World 2021, ntabwo yahiriwe no kwinjira mu cyiciro cya nyuma abikesha ikizami bakoze cya ‘Head to Head challenge’, kuko mu itsinda rye...
Abantu batari munsi ya 116 ubu ni bo bazwi ko bapfiriye mu mirwano y’ibico by’abacyeba muri gereza yo muri Ecuador (Équateur), nkuko abategetsi babivuga, uru rukaba ari rwo rugomo rwa mbere...
Umuvugizi wa Leta y’u Rwanda Yolande Makolo yavuze ko u Rwanda rwemeye ubusabe bwa Amerika bwo kwakira Abanyafaganisitani bashaka guhunga umutwe w’Abatalibani uherutse gufata...
Amavubi yazamutse imyanya 10 ku rutonde ngarukakwezi rwa FIFA.Ubu u Rwanda ruri ku mwanya wa 127 ku isi, rukaba urwa 35 muri Afrika.
Mu CECAFA ruri inyuma ya Uganda (84) yatakaje imyanya 5 ,...
Ikipe ya Toronto FC yo muri Canada yahagaritse imyitozo bitunguranye mu ijoro ryo kuwa mbere,kubera ko igisimba gisa n’ingona [alligator] cyinjiye mu kibuga...
Perezida Donald Trump mu masaha ye ya nyuma ku butegetsi yahaye imbabazi anoroshya ibihano ku bantu barimo umuraperi Lil Wayne wemeye Icyaha cyo kwitwaza imbunda kandi...