Korea ya Ruguru yatangaje ko itigeze igurisha intwaro ku Burusiya kandi ko nta migambi ifite yo kubikora mu gihe kizaza, ni nyuma y’ibyavuzwe na Amerika ko Moscow irimo kugana kuri Pyongyang mu...
Leta zunze ubumwe z’Amerika irasaba abaturage bayo bari i Kiev, umurwa mukuru wa Ukraine, kuhahunga bidatinze. Ifite impungenge ko Uburusiya bushobora kuharasa ibisasu byinshi muri iyi minsi....
Umugore w’umukuru w’igihugu cya Ukraine, Olena Zelenska yavuze ko intambara yo muri Ukraine yatumye umwana we w’umuhungu w’imyaka icyenda yifuza kuba umusirikare.
Mu kiganiro kuri NBC, Zelenska...
Prezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatangaje ko Uburusiya na Ukraine barimo kurwanira umujyi wa Sievierodonetsk metero ku yindi.Yasavye ibihugu bicuditse gufashisha igihugu cye intwaro...
Kuri iki cyumweru, umujenerali w’Umurusiya yiciwe mu burasirazuba bwa Ukraine , nk’uko umunyamakuru w’igitangazamakuru cya Leta y’u Burusiya yabitangaje , akaba yiyongereye ku mubare w’abasirikare...
Urugamba rwo mu mujyi wo ku cyambu wa Mariupol mu majyepfo ya Ukraine rwarangiye nyuma y’amezi atatu ugoswe n’ingabo z’Uburusiya.
Amagana y’abasirikare ba Ukraine ba nyuma kuva kuwa mbere barimo...
Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin yaburiye ko igihugu icyo ari cyo cyose kigerageza kujya mu ntambara yo muri Ukraine kizahura n’igisubizo "cyihuta nk’umurabyo".
Imyaka 28 irashize uwari Perezida w’u Rwanda Juvenal Habyarimana ahanuwe mu ndege Falcon 50, hamwe na Cyprien Ntaryamira wayoboraga u Burundi, abantu barindwi n’abakozi batatu bo mu ndege. Hari...
Mu nama y’abakuru b’Uburayi, Amerika n’ihuriro OTAN i Bruxelles ba perezida Joe Biden, Emmanuel Macron na minisitiri w’intebe Boris Johnson banze kuvuga icyo bakora mu gihe Uburusiya bwakoresha...
Ibiro ntaramakuru bya leta y’Uburusiya byatangaje ko ingabo z’iki gihugu uyu munsi kuwa mbere zihagarika kurasa kugira ngo zihe inzira yo guhunga abaturage bo mu mijyi myinshi muri Ukraine.
Ako...
Abasirikare b’Uburusiya bageze mu murwa mukuru Kyiv, nk’uko abategetsi baho babitangaje baciye kuri Twitter.
Minisiteri y’ingabo ya Ukraine yavuze ko "umwanzi" yageze mu karere ka Obolon, kuri 9km...
Mu gihe ibihugu byinshi ku isi bikomeje kugaragaza ko Uburusiya bukomeje kurengera mu bitero bikomeje guhitana inzirakarengane muri Ukraine, AU yasabye Uburusiya guhagarika intambara n’ibitero...
Igisirikare cya Ukraine kiravuga ko kishe “Abarusiya” 50 ndetse kikemeza ko cyahanuye indege 6 za gisirikare z’Uburusiya.
Biravugwa ko hapfuye abasirikare barenga 40 bo muri Ukraine na 50...
Uburusiya buri guhimba impamvu yaba imbarutso yo gutera Ukraine mu minsi iri imbere, nk’uko leta ya Amerika ibivuga.
Kuwa kane Perezida Joe Biden yavuze ko ibitero bya gisirikare bishobora...
Mu gihe isi yose ikomeje kwibaza ku kibazo cy’Uburusiya na Ukraine, Amerika ikomeje kugaragaza kudashira amakenga Uburusiya no kugaragaza ko ishobora kuba iri gushaka impamvu zaba nyirabayazana mu...
Perezida Joe Biden wa Amerika yasabye abanyamerika bose bakiri muri Ukraine kuva muri iki gihugu ako kanya kuko ibitero by’ingabo z’Uburusiya byugarije.
Biden yavuze ko ashobora kohereza ingabo...
Taiwan ivuga ko indege 38 za gisirikare z’Ubushinwa ku wa gatanu zagurutse mu karere k’ubwirinzi bwayo bwo mu kirere - ukuvogera kwa mbere kunini gukozwe n’Ubushinwa kugeza...
Perezida Kim Jong-un wa Korea ya ya Ruguru yatangaje ko igihugu cye gikeneye kwitegura "kuganira cyangwa guhangana" na Leta Zunze Ubumwe za Amerika "cyane cyane kwitegura byuzuye...
Koreya ya ruguru mu minsi ishize yashyizeho itegeko rishya rigamije guhagarika uburyo bwose ibyo hanze byagira ingufu mu gihugu - rihana bikomeye uwo ari we wese wafatanwa filimi cyangwa...
Ibisasu bya rokete byarasiwe mu karere ka Tigray ko mu majyaruguru ya Ethiopia birenga umupaka bigwa mu murwa mukuru wa Eritrea, nkuko ibitangazamakuru byaho n’abahagarariye ibihugu by’amahanga...
Iperereza ry’ishami rya BBC ritangaza ibiganiro mu rurimi rw’Igiperse ryatahuye ko umubare w’abishwe na coronavirus muri Iran ukubye hafi inshuro eshatu uwo leta ya Iran...