Nibura abasivili cumi n’umunani bishwe ku wa mbere mu gace ka Nyanzale, ahabereye imirwano ikaze hagati y’ingabo za Kongo n’inyeshyamba za M23 muri sheferi Bwito, muri teritwari ya Rutshuru (Kivu...
Ibihugu bigera ku icyenda by’i Burayi na Amerika y’Epfo byanze kwakira Kabuga Félicien, umwe mu bakurikiranyweho icyaha cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 wafatiwe mu Bufaransa.Kabuga...
Imirwano hagati ya M23 na FARDC/Wazalendo, yongeye kubura guhera saa kumi z’igitondo kuri uyu wa Mbere, aho amakuru agaragara ku mbuga nkoranyambaga avuga ko irimo kubera ku gasozi ka Ndumba...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 23 Werurwe 2024 imirwano ikaze yasakiranyije umutwe wa M23 n’ingabo za Leta ya RD Congo n’abambari bayo i Buhumba muri Nyiragongo mu bilometero bicye n’umujyi wa Goma...
Mu ntangiriro z’ukwezi gushize Corneille Nangaa ukuriye ihuriro AFC rifite umutwe wa M23 yagaragaye ku mashusho avuga ko “ingabo zanjye zafashe Shasha, kandi zizengurutse Sake”, kuva icyo gihe M23...
Imbere y’Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano, ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo bwemeje ko umutwe wa FDLR utakibaho kuko ngo wasenywe mu myaka...
Amakuru aturuka i Goma aravuga ko indege za gisivili zibujijwe guhagarara ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Goma ,kubera impamvu zagizwe ibanga ariko leta ivuga ko ari iza...
Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yavuye i Burayi adasoje uruzinduko yari amaze iminsi ahagirira nyuma y’igitero cyahitanye impunzi zahungiye mu nkambi...
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yanyomoje Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashinje Ingabo z’u Rwanda n’umutwe witwaje intwaro wa M23 kurasa ku nkambi y’impunzi ya Mugunga mu Mujyi wa...
Icyegeranyo cy’umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu ku isi, Human Rights Watch (HRW), kivuga ko hashobora kuba harabaye jenoside mu mujyi wa El Geneina wo mu ntara ya...
Umuvugizi wa leta ya Congo Kinshasa yatangaje ko batangiye “urugendo rwo gukemura burundu” ibibazo “bikabije” by’umutekano mucye mu burasirazuba bw’igihugu bimaze imyaka 25 cyangwa 30, kandi ko bifuza...
Umuvugizi wa leta ya Kinshasa waraye ageze i Goma mu ijoro ryo kuwa kabiri yasabye abaturage ba Goma “kuza ari benshi bambaye imyenda y’umukara” mu muhango wo gushyingura kuri uyu wa gatatu impunzi...
Umukinnyi wa BAYERN MUNICH, Robert Lewandowski, yatowe nk’umukinnyi wa FIFA witwaye neza kurusha abandi bose ku isi mu bagabo mu mwaka w’imikino ushize.
Uyu mugabo w’imyaka 33 y’amavuko yatsinze...
Umutwe wa TPLF Urwanya ubutegetsi bwa Leta ya Ethiopia iyobowe na Abiy Ahmed wavuye mu duce twose wari warigaruriye hanze ya Leta ya Tigray,usaba amahoro Leta.
TPLF yari imaze iminsi itsindwa...
Papa Francis yamaganye ihohoterwa ryo mu ngo rikorerwa abagore avuga ko ari "hafi irya Shitani", aya akaba ari amwe mu magambo akakaye cyane akoresheje kuri iki...
Abashinzwe umutekano bo mu karere ka Amhara muri Ethiopia bakoze "ikindi cyiciro cy’ubwicanyi ndengakamere" ku bo mu bwoko bw’Abanya-Tigray, nkuko bikubiye muri raporo nshya ihuriweho n’imiryango...
Umupolisi wari umaze imyaka 10 mu buhungiro yabwiye urukiko rwa gisirikare i Kinshasa ko Joseph Kabila wahoze ari perezida wa DR Congo yahaye amabwiriza General John Numbi wari umukuru wa polisi...
Muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo,abitwaje intwaro bataramenyakana bateze imodoka yari igemuriye abavanywe mu byabo n’ubwicanyi bumaze iminsi mu Bibogobogo muri teritwari ya Fizi mu Ntara ya...
Ingabo za leta ya Ethiopia zisubije umujyi ndangamateka wa Lalibela wari warigaruriwe n’inyeshyamba zo muri Tigray, nk’uko leta ibivuga.
Iyi ni intsinzi iheruka kwigambwa na leta kuva Minisitiri...
Kuri uyu wa mbere tariki ya 29 Ugushyingo 2021,kuri Theatre du Chatelet i Paris harahurira ibyamamare bitandukanye mu mupira w’amaguru birahurira mu birori byo gutanga igihembo cya Ballon d’or...
Abasirikare batanu ba Uganda bari mu butumwa bw’amahoro bw’umuryango w’Ubumwe bwa Africa muri Somalia bahamwe no kwicirayo abasivili barindwi muri Kanama (ukwa...
Umuvugizi w’umukuru w’intara ya Kivu ya ruguru muri Republika ya Demokrasi ya Congo aremeza ko umutwe wa M23 waraye uteye mu turere twa Chanzo na Runyoni muri Rutshuru, bituma abantu benshi...