Minisiteri y’ingabo za Ukraine ivuga ko undi Jenerali w’Uburusiya, Liyetona Jenerali Yakov Rezantsev, yiciwe mu gitero hafi y’umujyi wa Kherson uri mu majyepfo.
Rezantsev yari akuriye umutwe wa 49...
Uburusiya buvuga ko mu gitero cyabwo kuri Ukraine bugiye kwibanda mu "kubohora" uburasirazuba, ibica amarenga ko bishoboka ko iyi ari impinduka mu mayeri y’urugamba.
Minisiteri y’ingabo...
Umugabo w’Umunya-Ukraine warokotse jenoside y’abayahudi (Holocaust) mu ntambara ya kabiri y’isi yiciwe mu gitero Uburusiya bwagabye ku mujyi wa Kharkiv uri mu burasirazuba...
Ingaruka z’ibihano byafatiwe ikipe ya Chelsea kubera nyirayo Roman Abramovich zatangiye kugaragara kuko ku wa gatandatu iyi kipe itazashobora gutega indege iyijyana kwa Middlesbrough n’iyigarura i...
Umugore ufashe icyapa kiriho amagambo yamagana intambara yageze muri studio ya televiziyo igenzurwa na leta mu gihe basomaga amakuru kuwa mbere nijoro.
Icyapa, kiboneka neza inyuma y’usoma...
Umuherwe ufite ikirombe cy’amabuye y’agaciro muri Ghana yashyize ahagaragara gahunda ye yo kugura Chelsea - hanyuma agahita asinyisha Cristiano Ronaldo na Lionel Messi.
Bernard Antwi Boasiako...
Olena Zelenska,umugore wa Perezida wa Ukraine ku nshuro ya mbere yatangaje inyandiko ikubiyemo ibyo asaba umuryango mpuzamahanga.
Yavuze akaga k’iyi ntambara, by’umwihariko ku bana n’abagore....
Ku munsi wa 11 w’intambara muri Ukraine, Uburusiya bukomeje kurasa ibisasu bya misile ku mijyi itandukanye muri iki gihugu, abahunze barenze miliyoni 1.5, mu gihe ibihano ku Burusiya nabyo...
Kuva intambara y’Uburusiya na Ukraine yatangira mu cyumweru gishize, hakomeje kugaragazwa byinshi bitandukanye birebana n’ibihugu byombi. mu bushakashatsi bwakozwe na International Institute of...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) n’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru i Burayi (UEFA) byahagaritse u Burusiya mu marushanwa mpuzamahanga yose.
Ni nyuma y’uko u Burusiya bushoje...
Rutahizamu wa Manchester United, Cristiano Ronaldo, kimwe n’abandi bakinnyi b’ibyamamare benshi ku isi barahamagarira amahoro nyuma yuko Uburusiya buteye Ukraine.
Ibi bibaye nyuma y’uko Perezida...
Kurasa ibisasu biremereye ku murwa mukuru Kyiv n’umujyi wa Kharkiv byasubukuye mu gitondo kare kuwa mbere, nk’uko ibiro ntaramakuru bya Leta ya Ukraine, Ukrinform,...
Abramovich ukomoka mu Burusiya yikuye ku buyobozi bwa Chelsea nyuma y’imyaka 19 ayiguze. Ibi abikoze nyuma y’amakuru avuga ko ashobora gufatirwa ibihano na Leta y’u Bwongereza bishingiye ku mubano...
Byamaze kwemeza n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku mugabane w’i Burayi ko umukino wa nyuma wa Champions League utzabera I Saint-Peterburg nkuko byari byemejwe ahubwo uzakinirwa I Paris ku kibuga...
Nk’uko ibiro ntaramakuru by’Abanyamerika bibitangaza ngo Uburusiya bwambuwe kwakira umukino wa nyuma wa Champions League 2022 nyuma yo gutera igihugu cya Ukraine.
Byari biteganyijwe ko umukino wa...
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango uhuza igisirikare cy’ibihugu biri mu Majyaruguru y’Inyanja ya Atlantique (NATO), Jens Stoltenberg, yavuze ko uyu muryango witeguye kohereza ingabo zo gutabara no...