Perezida Félix Tshisekedi yasabye mugenzi we Joe Biden ko Amerika “yinjira cyane” mu kibazo cy’umutekano mucye muri DR Congo, nk’uko ibiro bye bibitangaza.
Iruhande rw’inama ya US-Africa Summit...
Itangazo umutwe wa M23 washyize ahagaragara uvuga ko Leta ya Congo yakabirije imibare y’abapfuye ku nyungu za politiki, no gushaka gusiga icyasha M23.
Uyu mutwe uvuga ko imibare yagiye...
Imirwano itoroshye kuri uyu wa 29 Ugushyingo 2022 yasakiranyije inyeshyamba za M23 n’abarwanyi b’imitwe yitwaje intwaro ya FDLR na Maï-Maï, Nyatura mu Mudugudu wa Kishishe muri Gurupema ya Bambo muri...
Ifoto ya Madamu wa Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, Denise Nyekuru, yambaye umwambaro wanditseho M23 ikomeje guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga
Muri iyi foto ,Madame...
Umutwe wa M23 wavuze ko utatumiwe muri Kenya ahagiye kubera ibindi biganiro byiga ku kibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
Kuri uyu wa mbere, Tariki ya...
Ibiganiro bigomba kubera i Nairobi hagati ya leta ya Kinshasa n’imitwe yitwaje intwaro bizatangira kuwa 28 Ugushyingo 2022 nyuma yo gusubikwa kuwa mbere w’iki cyumweru.
Ibinyujije ku rubuga rwa...
Umutwe wa M23 wemeye guhagarika imirwano n’ingabo za leta ya Congo FARDC, itera utwatsi ibyo kurekura ibice bafashe ndetse yihanangira leta ko mu gihe cyose izayirasaho izirwanaho.
M23 yasabye...
Perezida w’u Rwanda n’uwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuva kuwa kuri uyu wa kane tariki ya 24 Ugushyingo 2022, barahurira i Luanda muri Angola, mu biganiro bigamije guhosha umwuka...
Umutwe wa M23 wirukanye umutwe wa RUD-Ururana mu gace ka Nyabanira yari imaze imyaka 17 igenzura, ndetse abarwanyi bayo 17 bahasiga ubuzima.
Nyuma y’imirwano ikomeye yahanganishije umutwe wa M23...
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Gisenyi mu karere ka Rubavu bavuga ko bizeye ingabo z’u Rwanda nyuma yuko hari undi musirikare bikekwa ko ari uwa FARDC wavogereye umupaka akinjira mu Rwanda...
Intambara ishyamiranyije M23 n’igisirikare cya FARDC irakomeje aho abari hafi y’urugamba bavuga ko uyu mutwe ushobora gufata Umujyi wa Goma mu gihe kitarambiranye.
Umunyamakuru wa Radio TV 10...
Inyeshyamba za M23 zirwanya leta ya Kongo zafashe umujyi wa Kamuhanga uri mu birometero 30 uvuye i Goma umurwa mukuru w’intara ya Kivu ya Ruguru.
Uyu mujyi uri ku mupaka w’u Rwanda na Kongo mu...
Umukandida watsinzwe ku mwanya wa perezida wa Kongo mu 2018, Martin Fayulu yatangarije TV5 Monde ko u Rwanda ruri gukoresha Perezida Felix Tshisekedi mu guhungabanya RDC.
Fayulu yavuze ko...
Perezida wa RDC,Felix Tshisekedi,yasabye abanyecongo kunga ubumwe mu guhangana n’umwanzi wabo wabashoyeho intambara anasaba urubyiruko kwinjira mu gisirikare ku bwinshi.
Mu ijambo yagejeje ku...
Mu myigaragambyo bakoze uyu munsi mu mujyi wa Goma,Abanyekongo bari bafite amasahusho ya Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya aho bamusabye ko yaza kubakiza inyeshyamba za M23
Aba banyecongo...
Abanyekongo bo mu Mujyi wa Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, baramukiye mu myigaragambyo yo kwamagana u Rwanda bashinja gufasha umutwe wa M23.
Iyi myigaragambyo yatangiye kuri...
Perezida wa RDC,Felix Tshisekedi akomeje gukubita hirya no hino asaba ko amahanga yasaba u Rwanda guhagarika gukorana n’umutwe wa M23 washegeshe uburasirazuba bw’igihugu cye.
Nubwo u Rwanda...
Ikipe ya Vipers SC yo muri Uganda itozwa na Robertinho wakunzwe na benshi mu Rwanda ubwo yatozaga Rayon Sports, yageze bwa mbere mu mikino y’amatsinda ya CAF Champions League.
Iyi kipe igeze...
Umuvugizi w’umutwe wa M23 mu bya gisirikare Major Willy Ngoma yavuze ko nta na santimetero n’imwe mu zo bafashe barekuye nkuko byavugwaga.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 27 Nzeri,Bwana Ngoma...