Uwahoze akinana na Lionel Messi, Thierry Henry,abona Paris Saint-Germain ashobora kubona byinshi kuri uyu munyabigwi wa Barcelona iramutse imenye uko yamukinisha...
Urwego rwashinzwe kurangiza imanza zasigajwe n’inkiko mpuzamahanga (International Residual Mechanism for Criminal Tribunals, IRMCT) rwategetse leta ya Niger kuba ihagaritse itegeko ryo kwirukana...
Umunyamakuru ukomeye mu Bufaransa yavuze ko biteganyijwe ko Zinedine Zidane azasubukura akazi ke ko gutoza aho azerekeza mu ikipe ya Paris Saint-Germain nk’umutoza...
Umunyamakuru Dieudonne Niyonsenga uzwi no ku mazina ya Hassan Cyuma arasaba urukiko rw’ubujurire gufungurwa agakurikiranwa ari hanze.
Uyu munyamakuru ufite Televiziyo Ishema ikorera ku rubuga...
Ikipe ya PSG yaraye isezerewe muri UEFA Champions League nyamara yari imbere n’ibitego 2-0 byose,kugeza ku munota wa 61 ubwo Benzema yatsindaga igitego cya mbere muri 3 yayitsinze igasezererwa....
Umuryango w’Abayisilamu mu Rwanda,RMC, yamenyesheje abayislamu ko umuhamagaro wo kwitabira iswala (Adhana) utahagaritswe, uretse ku misigiti umunani gusa yo mu mujyi wa Kigali.
Mu gitondo cyo...
Rutahizamu Kylian Mbappe yumvikanye abwira mugenzi we bakinana mu Bufaransa Paul Pogba ko ubuzima bwo mu ikipe ya PSG bumaze kumurambira.
Ubwo Paul Pogba yabazaga Kylian Mbappe uko ibintu...
Ibintu bikomeje kuzamba muri Paris Saint-Germain kuko bivugwa ko abakinnyi bamwe na bamwe bakomeje kugenda barakazwa n’umwuka mubi uri mu ikipe by’umwihariko amacakubiri bivugwa ko ari mu...
Abanyamakuru bamaze kubaka amazina akomeye hano mu Rwanda barimo Cleophas Barore na Uwera Jean Maurice bari n’umuvandimwe wa Cleophas Titian Mbangukira
bari mu banyeshuri bahawe impamyabumyenyi...
Baker Samuel BYANSI wa Royal Fm uri mu banyamakuru bakomeye mu gihugu mu bakora inkuru zicukumbuye, yasezeranye n’umukunzi we witwa Uwase Jocelyne imbere...
Perezida w’Ubufaransa, Emmanuel Macron, yatangaje ko yifuza kubona uwahoze atoza Real Madrid Zinedine Zidane agaruka mu Bufaransa gutoza ikipe ya Ligue 1.
Ibi yabitangaje mu gihe havugwa ibihuha...
Zinedine Zidane ntabwo arasubira mu kazi kuva avuye muri Real Madrid yatozaga akayikoreramo ibigwi bikomeye.
Nubwo adafite uburambe buhambaye,ubuhanga bwe bwo gutoza no kuzamura abakinnyi...
Amakuru aravuga ko ushinzwe gushakira amakipe Cristiano Ronaldo, Jorge Mendes, yabonanye na perezida wa Barcelona, Joan Laporta.
Uyu mukinyi wa Manchester United w’imyaka 37, yabwiye iyi kipe ko...
Lionel Messi yatangaje ko Ubwongereza buri mu makipe 4 abona ashobora kwegukana Igikombe cy’isi kigiye kubera muri Qatar mu mezi make ari imbere ariko buri inyuma ya Brazil n’Ubufaransa.
Uyu...
Umunyabigwi mu mupira w’amaguru mu Bufaransa ndetse na Real Madrid, Zinedine Zidane, yatangaje ko aragaruka mu gutoza umupira w’amaguru ’bidatinze’ nyuma yo kuwuvamo bitunguranye.
Muri Gicurasi...
Perezida wa PSG,Nasser Al Khelaifi yatangaje ko iyi kipe ishaka kugumana na Lionel Messi mu mwaka w’imikino utaha ariyo mpamvu iri gutegura uko baganira.
Uyu mugabo wari kuri stade Lusail I Doha...
Kuri iki cyumweru tariki 22 Mutarama 2023 habaye umuhango wo gusezera bwa nyuma ku munyamakuru Ntwali John Williams wahitanwe n’’impanuka y’imodoka.
Umuhango wo kumuherekeza no kumusezeraho bwa...
Ikipe ya Paris Saint-Germain yo mu gihugu cy’u Bufatansa yahagaritse umunya-Argentine Lionel Messi mu gihe kingana n’ibyumweru bibiri adahembwa, nyuma yo gusiba imyitozo nta ruhushya...
Ikipe ya PSG,irashaka kurekura abakinnyi b’amazina akomeye yari itunze mu mwaka w’imikino ushize ariyo mpamvu yabwiye Neymar Jr ko itakimukeneye yakwishakira...