Ruth niwe mukobwa uvugwaho kuba agiye gukora ubukwe na The Ben.
Hashize iminsi hirya no hino havugwa inkuru ko umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben agiye gukora ubukwe ndetse akagaruka...
Benshi mu batuye isi bakurikiranye ubukwe bw’igikomangoma Harry na Meghan Markle bumaze iminsi buvugwa mu bitangazamakuru bitandukanye , bwabaye kuri uyu wa...
Humble Jizzo yatangaje ko azambarirwa n’bamwe mu nshuti ze, abahanzi bagenzi be, abo mu muryango ndetse na Nizzo Kaboss baririmbana muri Urban Boys. Ndetse ko ubukwe bwe buzabera ku Inzozi Beach...
Umwana w’umukobwa w’imyaka 8 mu gihugu cya Romania yakoze ubukwe bw’akataraboneka n’umugabo we w’imyaka 10,imbaga nyamwinshi irahurura iza kwihera ijisho.
Umunyakenyakazi witwa Susan Njogu ukomoka mu gace kitwa Elburgon mu ntara ya Nakuru yakoze benshi ku mutima nyuma y’urukundo ruzira uburyarya yakunze umunya Australia witwa Philip Eling ubana...
Ibirego bishinja umuhanzi Micheal Jackson gufata ku ngufu abana b’abahungu bikomeje kwiyongera aho umusore witwa James Safechuck yavuze ko uyu mwami wa Pop ku isi yamufashe ku ngufu afite imyaka...
Umukobwa witwa Claudine Nyiringabo wo mu Murenge wa Macuba mu Karere ka Nyamasheke, yaguye mu mpanuka y’imodoka ajya gukora ikizamini cy’akazi mu karere ka...
Dj Bissoso ni umugabo umaze kwamamara hano mu Rwanda mu bijyanye no kuvangavanga imiziki. Ubusanzwe yitwa Hassan Sakubu akaba azwi cyane mu ruganda rw’imyidagaduro nk’uvanga imiziki w’icyamamare....
Mpayimana Philippe wiyamamarije kuba umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda mu mwaka wa 2017, ku mwanya yari ahataniye na Perezida Paul Kagame na Dr Frank Habineza,yakoze...
Icyamamare mu mukino wa Tennis, Rafael Nadal,ukundwa na benshi kubera ubuhanga budasanzwe afite muri uyu mukino,arashyingiranwa n’umukunzi we Maria Francisca Perellobamaze imyaka 14 bakundana mu...
Myugariro Usengimana Faustin wazamukiye mu ikipe ya Rayon Sports ariko kuri ubu akaba akinira ikipe ya Buildcon yo mu gihugu cya Zambia,yakoze ubukwe bw’igitangaza n’umukunzi we bari bamaze imyaka...
Umugabo witwa Rimenyande Jean Damascene w’imyaka 36 wo mu Murenge wa Hindiro,mu karere ka Ngororero,yatawe muri yombi kubera kwigomeka ku myanzuro ya Leta yo kwirinda no gukumira icyorezo cya...