Kwimakaza imibanire izira ivangura mu miryango y’abarokotse jenoside ndetse n’abayigizemo uruhare, ni kimwe mu bikomeje gushimangira ubumwe n’ubwiyunge mu Banyarwanda nyuma ya jenoside yakorewe...
Nyuma y’amakuru yahwihwisaga iby’urukundo rwa Diamond n’umuhanzikazi Mimi Mars murumuna wa Vanessa Mdee,bakuyeho amazimwe bagaragara bari mu bwogero boga bahuje...
Rurashonga wa mugani wa Kitoko Bibarwa! Imyaka itatu yari ishize umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Sano Olivier yunze ubumwe n’umukobwa ubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika,...
Hamaze iminsi havugwa iby’urukundo rwa rutahizamu wa Rayon Sports Micheal Sarpong n’umuhanzikazi Asinah kuri nubu nta mupira wa Rayon ukimucika kuko yagaragaye muri stade yishimira bikomeye igitego...
Umukinnyi ukina mu mutima w’aba myugariro Faustin Usengimana kuri ubu udafite ikipe kuri ubu, ku munsi wejo yagaragaye mu myitozo ya Rayon Sports abafana bamwereka...
Icyamamarekazi Priyanka Chopra wamenyekanye cyane muri Filime z’Impinde yambitswe impeta y’urukundo na Nick Jonas bari bamaranye igihe gito aribwo bagaragaje ko hari urukundo hagati...
Uwimana Aisha uzwi ku izina Ciney ,mu njyana ya hip hop na afrobeat nyir’ indirimbo zitandukanye nka Nkunda, Igire(get your money), Tuma bavuga, Ndabaga n ’izindi , nyuma yo kwambikwa impeta...
Ubundi nta kiza nko kuba umugabo w’amagambo asize ubuki,aryohereye amatwi y’umukunzi we,umugabo umeze gutya ni wa wundi utera umugore we guhora aseka kandi ku butumwa buto gusa,Ese ushaka kuba...
Karim Kharbouch umuhanzi munjyana ya Hip hop uzwi nka French Montana ari muburyohe bw’urukundo n’umunyamidelikazi, Amber Rose watandukanye n’umugabo bamaranye umwaka umwe.
Amber Rose w’imyaka 33...
Umuhanzi Nyarwanda Mugisha Benjamin ariko uzwi ku izina rya The Ben,arashinjwa n’umuraperi nawe w’umunyarwanda uzwi nka Edsha ngo kuba yaramutwariye umukunzi we Marina bari bamaze igihe kitari gito...
Ku basobanukiwe iby’urukundo bavugaga ko urukundo ari indwara nk’izindi zose kandi ishobora kwangiza ubuzima bw’umuntu, hari bimwe mu bibazo bishobora gutera umuntu kurwara indwara yo gukunda...