Umunyamideli Zari Hassan ibye bikomeje kuba amayobera, kuri ubu yambuwe akazi ko kuba Ambasaderi wa Bryan White Foundation, umuryango w’umuherwe wo muri...
Umuherwekazi Zari The Boss Lady wahoze ari umugore w’umuherwe wo muri Uganda Ivan Ssemwaga nyuma akaza gushudika n’umuhanzi Diamond Platnumz nawe baherutse gutandukana akahukanira muri Afurika...
Diamond Patnumz ni umwe mu bahanzi bavuzwe cyane mu nkundo zitandukanye ku bakobwa b’ibyamamare biva hirya no hino mu bihugu by’abaturanyi bya Tanzaniya. Uyu muhanzi Diamond Platnumz umaze gufata...
Zari Hassan, Umugore w’Umunya-Uganda uri mu bafite agafaranga gatubutse akanaba umushabitsi yamaze kugirwa Ambassadrice wa Uganda ushinzwe ubukerarugendo, kubungabunga inyamaswa zo mu gasozi...
Mu kiganiro aherutse kugirana na Times FM yavuze ko akunda Zari ubwiza bwe ndetse n’amaguru ye meza ndetse ngo agize amahirwe yo guhura nawe byamushimisha.
Umuherwe Zari Hassan nyuma yo gutangaza ko yatandukanye n’umugabo we, Diamond Platnumz, yihanangirije bikomeye abafana be ku mbuga nkoranyambaga bakomeza kumubaza iby’umugabo we (Diamond), ndetse...
Nyuma y’ibihe byiza umuhanzi Diamond Platnumz n’umugore we Zari bamazemo iminsi i London mu Bwongereza, kuri ubu Zari yibasiye bikomeye umufana we washakaga kumuteranya na Diamond avuga ko uyu...
Zari Hassan kuri ubu usigaye abana n’umuhanzi Diamond nk’umugore n’umugabo, yagiye igitaraganya mu bitaro ajya kureba Ivan Ssemwanga wahoze ari umugabo we.
Zari na Ivan bigeze kubana ho nk’umugore...
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis yagize Padiri Balitazari Ntivuguruzwa umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, kuri uyu wa 2 Gicurasi 2023.
Dianah Nabatanzi uri mu banyamakuru n’ibyamamare bigezweho, n’abandi batandukanye b’i Kampala, batangaje ko basanga intege nke za Zari Hassan ari ukujya mu rukundo cyane...
Abana ba @diamondplatnumz na @zarithebosslady Latifah Dangote na Prince Nillan bahase ibibazo ababyeyi babo bababaza intandaro yo kugirango batandukane.
Umuherwekazi wabyaranye na Diamond uzwi nka Zari yatomagije Shakib umusore bari kumwe mu munyenga w’urukunda avuga ko anyurwa na buri kimwe uyu musore...
Umunyanideli Zari Hassan uzwi nka The Boss Lady yateye urujijo kuri bamwe bakavuga ko atwite inda ya 6. Uyu mugore w’imyaka hafi 40 y’amavuko avuga ko kuba hari abavuga ko atwite byashoboka kandi...