Umuherwekazi wabyaranye na Diamond uzwi nka Zari yatomagije Shakib umusore bari kumwe mu munyenga w’urukunda avuga ko anyurwa na buri kimwe uyu musore...
Abana ba @diamondplatnumz na @zarithebosslady Latifah Dangote na Prince Nillan bahase ibibazo ababyeyi babo bababaza intandaro yo kugirango batandukane.
Dianah Nabatanzi uri mu banyamakuru n’ibyamamare bigezweho, n’abandi batandukanye b’i Kampala, batangaje ko basanga intege nke za Zari Hassan ari ukujya mu rukundo cyane...
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis yagize Padiri Balitazari Ntivuguruzwa umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, kuri uyu wa 2 Gicurasi 2023.
Nyuma y’urupfu rwa Ivan Ssemwanga intambara yo kugabana imitungo yasize irakomeje , hari umwana w’umukobwa wagizwe ibanga bivugwa ko uyu mugabo yabyaye hanze.
Ivan Ssemwanga yari umuherwe ufite...
Zari yavuze ku mitungo yasigiwe na Ivan anakomoza ku marozi yishe umugabo we
Zari yahakanye iby’uko Ivan yarozwe anavuga ku mitungo ari kurwanira nabo mu muryanngo we
Ngo Ivan ntiyarozwe, Zari...
Uyu mubyeyi yitabye Imana amaze ukwezi kurenga mu bitaro kubera indwara y’umutima yari amaranye igihe. Mu mezi abiri ashize, Zari yahuye n’ibyago apfusha uwahoze ari umugabo we Ivan Ssemwanga...
Musaza wa Zari, witwa Ting Dis yatangaje ko nyuma y’urupfu rwa Ivan Ssemwanga ubuzima kuri we bumukomereye cyane. Uyu musore akaba yagaragaye ku mva ya Ivan Ssemwanga i Kayunga muri Uganda.
Ni...
Umunsi w’abakundana ‘St Valentin’ wizihijwe kuwa 14 Gashyantare,2018 ntiwahiriye Diamond Platnumz kuko aribwo umugore we Zari The Lady Boss yeruye ko atandukanye nawe nyuma y’igihe kinini yumva...
Zari The Boss Lady yavuze ko impamvu Diamond n’abandi bamwanga ari uko akunda kuvuga ukuri , kubera ko agira intego mu buzima bwe , kuba uri icyamamare ndetse n’ibindi...
Kenyan gospel singer Ringtone came out two months ago when Zari had just broken up with her fiance and baby dadddy Diamond Platnumz and he proposed that he wanted to marry her so he was looking...
Zari aganira na televiziyo ya Citizen yavuze ko mu bintu yakundiye Ringtone harimo umuhate agira ndetse n’ uburyo azi kwihagararaho nubwo atigeze yishimira imodoka yamugeneye...
Kabuhariwe Luis Nazario de Lima uzwi nka Ronaldo mukuru yatangaje ko nubwo ikipe ya Real Madrid yatakaje Cristiano Ronaldo ariyo aha amahirwe menshi yo kongera kwisubiza igikombe cya UEFA...
Bombori bombori y’amagambo hagati y’uwahoze ari umugore wa Diamond Platnumz, Zari The Boss Lady na Tanasha Donna biteganyijwe ko azashyingiranwa n’uyu mugabo muri Gashyantare...
Zari yavuze ko agiye guhabwa impano ihenze n’umukunzi we King Bae, imodoka yo mu bwoko bwa Bentley ngo izaba ikurikiwe n’impeta y’agaciro aherutse kumwambika.