Nubwo umwuga wo gutwara abantu ku magare utunze benshi kuri iyi si, ubushakashatsi bugaragaza ko kunyonga bigira ingaruka mbi ku buzima bw’imyororokere ku bawukora.
BBC yatangaje ibyavuye mu...
Igishushanyo mbonera cy’imiririre muri Africa “Africa Nutrition Map” cyashyizwe ahagaragara n’Ubufatanye nyafurika mu Iterambere rya Africa ‘New Partnership for Africa’s Development (NEPAD)’ kuri uyu...
Abaturage bo mu Mujyi wa Bujumbura mu Burundi kuri uyu wa Gatandatu, tariki 03 Kamena bongeye kuramukira mu myigaragambyo yo gushimira bamwe mu bakuru b’ibihugu byo muri EAC bashyigikiye u Burundi...
Umugabo w’imyaka 56 wo mu gace ka Kericho-Kisumu muri Kenya yaciye umugore we inyuma maze afatanye n’umugore basambanaga bajyanwa ku biro bya Polisi yo muri aka gace maze hitabazwa umupfumu kugira...
Umupasiteri wo muri Kenya witwa Robinson Karumba akaba n’umuyobozi w’itorero Eagle Wings Prophetic Ministries, ari mu rungabangabo nyuma yo kwangira abaturage ko bamushyingura umugore we, abizeza...
Ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwijwe ifoto igaragaza Zari gusoma ku itama umuhanzi Ommy Dimpoz aho bamwe bemeje badashidikanya ko aba bomb bashobora kuba bari mu...
Kuri uyu wa Kabiri, umuyobozi w’urwego rw’ubucuruzi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko hatangiwe inyigo yimbitse ku rwunguko rw’ubucuruzi ruva ku Rwanda, Uganda na Tanzaniya. Ibi bikozwe...
Nubwo italiki imikino ya Zone v izatangirira itaramenyekana ,ikipe y’igihugu imaze Ukwezi kurenga yitegura iyi mikino aho kuri uyu wa kabiri hahamagawe abakinnnyi 18 bagomba kuzakurwamo 14...
Nyirarukundo Salome ari mu myitozo ikomeye yo kwitegura shampiyona y’isi ya Athletisme izabera I London mu Bwongereza kuva Taliki ya 4 igasozwa ku ya 13 Kanama uyu mwaka aho yatangaje ko yiteguye...
Menya amateka, ibigwi, ubuhanga, ibintu bidasanzwe bya Lionel Messi wavutse kuri iyi tariki ya 24 kamena, n’ibindi bintu bikuru bikuru mu byaranze tariki ya 24 mu mateka.
Turi tariki ya 24...