Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin yavuze ko azaganira na Perezida Xi Jinping kuri gahunda y’uyu mutegetsi w’Ubushinwa ikubiye mu ngingo 12 yo "gucyemura amakuba akaze yo muri Ukraine", muri uru...
Hari igihe mu buzima bw’umuntu usanga adahirwa mu rukundo rwe. Iteka uko yinjiye mu rukundo ntirumare kabiri. N’iyo rwatinda ugasanga birangiye batandukanye. Menya ibituma udahirwa...
Abanyafilipine umunani batewe imisumari bari ku musaraba kugira ngo bigane ububabare bwa Yesu Kristo,Kuwa Gatanu mutagatifu bitegura Pasika
Uyu muco wo ku wa gatanu mutagatifu ukurura ibihumbi...
Umuhanzi mu njyana ya Rap wamenyekanye nka Papa Cyangwe yahishuye ingaruka yahuye nazo nyuma yo gutandukana na ocky Entertainment yamufashaga mu bikorwa bye bya Muzika anavuga uko byamuhaye...
Mu majyepfo ashyira uburengerazuba bwa Africa ku nkombe z’inyanja ya Atlantika, Ubutayu bwa Namib ni hamwe mu hantu humagaye cyane kurusha ahandi ku isi.
Ibyitezwe kuri ba bagabo batanu bari mu bwato bujya hasi mu nyanja biteye ubwoba – uko amasaha yicuma niko umwuka bafite wo guhumeka ushira, abarimo kubashakisha nabo...
Inanasi ni rumwe mu mbuto zatangiye guhingwa mu myaka ya kera cyane. Amateka avuga ko zavumbuwe mu birwa bya Hawaii mu 1493. Gusa kuri ubu zihingwa cyane muri...
Minisiteri y’Ubuzima muri Gaza yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu abaturage 300 aribo bishwe n’ibisasu Israel ikomeje kurasa kuri uwo mujyi mu gihe abasaga 800...
Ibiro bya Perezida w’Amerika - White House - bivuga ko Uburusiya burimo kwica abasirikare babwo bagerageza gusubira inyuma mu gitero gikaze cyo mu burasirazuba bwa...
Ibitangazamakuru bya leta byatangaje ko byibuze abantu 47 bashyinguwe n’inkangu yibasiye igice cya kure mu misozi yo mu majyepfo ashyira iburengerazuba...
Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu yanze ibyo Hamas isaba kugira ngo habeho agahenge - avuga ko kugera ku "ntsinzi yuzuye" muri Gaza bishoboka mu gihe...
Umunyeshuri wigaga mu mwaka wa karindwi w’amashuri abanza muri Tanzania, ku ishuri ribanza rya Olomitu riherereye ahitwa Chekereni mu Mujyi wa Arusha, witwa Yusuph Zaphania w’imyaka 13 y’amavuko,...
Nyuma y’uko n’ubundi agahigo ko kumara igihe kirekire mu rubura ku ruhande rw’abagore kari gafitwe n’umugore wo muri Poland, umugabo wo muri iki gihugu na we yaciye ake...
Abategetsi bo muri Amerika bemeje ko Ukraine yatangiye gukoresha ibisasu bya misile biraswa mu ntera ndende byo mu bwoko bwa ’ballistic’ yahawe n’Amerika mu ibanga, ibirasa ku basirikare b’Uburusiya...