Ni nyuma y’uko hagaragaye kenshi abagenderera imijyi itandukanye mu Rwanda bakumva ko ukomoka i Nyamirambo mu mujyi wa Kigali bamwe bakakugirira amatsiko abandi bakagutinya ku bw’amateka n’amakuru...
Umuhanzikazi uri mu bakunzwe muri USA,yongeye guca igikuba kubera igitaramo cyo kumurika imideli yaraye akoreye mu mujyi wa New York,cyagaragayemo abagore babiri batwite bari bambaye...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 8 Nzeri 2018 ,Nibwo hazatangazwa Rudasumbwa ndetse na Nyampinga 2018 (Miss&Mister Elegancy Rwanda 2018). Mu gitaramo kzabera kuri Mariot Hotel .Ngo akanama...
Abakobwa bo mu Mujyi wa Kigali basigaye bishimira kugenda barangaje amabere nyuma y’aho bamenyeye ko ari yo agezweho muri iki gihe. Ibi bituma na bamwe mu bafite amabere mato bifuza kugira amanini...
Corazon Kwamboka umukobwa ukunzwe kubera uburanga bwe yagaragaye mu Rwanda kuri Hoteli ya Des Mille Collines aho yarari mu cyumweru cyo kwishimira isabukuru ye...
Umuhanzikazi Rihanna ukunzwe n’abatari bake hirya no hino ku Isi bitewe n’ibihangano bye akora bigatuma yigarurira imitima ya benshi, kuri ubu yatunguye abafana be ubwo yifotozaga ari kumwe...
Abagore bo mu Burusiya bifotoje amafoto bayashyira kuri Instagram baguye mu buryo butangaje aho bamwe baguye bari gusohoka mu ndege,mu bwato mu modoka...
Turukiya yihimuye kuri Amerika ihanika imisoro ku bicuruzwa bituruka muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, birimo n’imodoka zitwara abagenzi, inzoga n’itabi.
Azanian abinyujije kuri Twitter yavuze ko umukobwa kuri ubu udafite ikibuno ndetse n’amabere biteye neza ko kuri ubu ari ikiremwa kituzuye kubera ko abagabo aribyo...