skol
fortebet

Rihanna yakoze igitaramo cyo kumurika imideli cyarimo abagore bambaye imyenda y’urukozasoni [AMAFOTO]

Yanditswe: Thursday 13, Sep 2018

Sponsored Ad

Umuhanzikazi uri mu bakunzwe muri USA,yongeye guca igikuba kubera igitaramo cyo kumurika imideli yaraye akoreye mu mujyi wa New York,cyagaragayemo abagore babiri batwite bari bambaye ubusa.

Sponsored Ad

Umunyamideli wiyita Slick Woods ariko amazina ye akaba ari Simone Thompson, niwe waciye igikuba cyane ku mbuga nkoranymbaga kubera imyambarire yagaragaye yambaye kandi atwit,yatumye avugwa cyane mu binyamakuru bivuga ku byerekeye imyidagaduro ku isi.

Rihanna yifotoje ari kumwe n’abanyamideli 2 bari bambaye imyenda y’urukozasoni barimo uyu Slick Woods w’imyaka 22 wiyambitse ubusa kandi atwite inda y’imvutsi.

Mu kiganiro Rihanna yahaye ikinyamakuru Vogue,yavuze ko iki kirori cyo kumurika imideli yatumiye aba bagore batwite ngo bamurike iyi myambarire y’urukozasoni,mu rwego rwo gushishikariza abandi bagore batwite kwirekura bakambara iyi myambarire kugira ngo bagaragarize abandi ubwiza bwabo.





Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa