Mu minsi ishize twagiye tubabwira inkuru zitandukanye zigaruka ku mubano wa Yolo The Queen n’umuhanzi Drake uri mu ba mbere bakomeye hano ku isi. Ibi akenshi byagaragariraga ku rubuga rwa...
Umuraperi Nicki Minaj yapfushije se wagonzwe n’imodoka igahita yiruka, nk’uko bivugwa n’ikinyamakuru TMZ.
Iki kinyamakuru kivuga ko polisi yo mu mujyi wa New York yemeje ko Robert Maraj yariho...
Umuhanzikazi Rihana w’imyaka 32 y’amavuko, yafotowe asohoka muri resitora ya hoteri bita Giorgio Baldi, aho yari yagiye mu birori byo kumurika ibirungo by’ubwiza(makeup)gusa we ntabyo yari yisize...
Abirabura benshi n’andi matsinda mato muri Amerika bumva nta mutekano mu gihe bayobowe na Donald Trump. Nyamara perezida w’Amerika ntacyo yakoze ngo abizeze umutekano wabo. Mu bihe byashize, yanze...
Gushyingiranwa ushaka impapuro zo gutura cyangwa viza zo kujya hanze ni ubucuruzi buri gutera imbere ku isi. Ariko, hari igihe usanga uwo mwashakanye ari gushukwa, akundwa urukundo rw’ibinyoma...
NGABO MEDARD yavutse tariki 7 Kanama 1989 azwi cyane ku Izina rya Meddy , ni Umuhanzi w’ Umunyarwanda akaba aririmba mu njyana ya RnB na Pop ni umuririmbyi , umwanditsi...
Idris Elba avuga ko we n’umugore we batabyaye, aya ni amakuru yari yatangiye gukwirakwira mu bitangazamakuru bitandukanye, bavugako uyu mugabo yibarutse umwana w’umukobwa ndetse abakunzi be bari...
Kanye West, umuhanzi uvuga ko ashaka kwiyamamariza kuyobora leta zunze ubumwe za Amerika, yanditse kuri Twitter uyu munsi kuwa gatatu ko ari kugerageza gutandukana n’umugore we Kim Kardashian,...
Umukinnyi wa Filimi w’icyamamare muri Amerika witwa Will Smith yahakanye amakuru yavuzwe mu binyamakuru ko yahaye uburenganzira umugore we Jada Pinkett Smith ngo ajye gusambana n’umuhanzi August...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda,CP John Bosco Kabera,yatangaje ko yafunze igitaramo cyo kuri You Tube cya Tuff Gangs cyabaye kuwa Gatandatu tariki ya 23 Gicurasi 2020 kubera amakosa 4 bakoze yo...
Abaraperi bagize itsinda rya Tuff Gangs riri mu yazanye Hip Hop mu Rwanda batawe muri yombi na Polisi kubera igitaramo bakoze cyacaga kuri You Tube aho bashinjwa kwica amabwiriza yo kwirinda...
Isi yose ikomeje kurira no gufata mu mugongo umuryango wa Kobe Bryant, icyamamare mu mukino wa Basket, yaguye mu mpanuka ya kajugujugu ahita apfa ubwo yarikumwe n’umukobwa we, Gianna Maria-Onore...
Umuhanzikazi Robyn Rihanna Fenty wamamaye nka Rihanna uri mu banyamuziki bakunzwe cyane ku Isi cyane cyane muri Leta zunze ubumwe za Amerika, yamaze gutandukana na Hassan Jameel, umuherwe w’umunya...
Jay Polly ari guterana amagambo na Bad Rama uyobora inzu itunganya umuziki ya The Mane Music Label yahozemo ahanini biturutse ku kuba uyu muhanzi atakibarizwa muri The...
Umuririmbyikazi uri mubakunzwe ku mugabane w’Afurika, Tiwa Savage, yatangaje ko mu mwaka wa 2020 yafatiye abagabo ingamba zikarishye, ngo ntagikeneye bamwe baza bishakira kujya mu buriri gusa...
The Ben waraye akoze igitaramo gitangira umwaka wa 2020 cya East Afircan Party yavuze ko yagiye ku rubyiniro yacitse intege kubera ko bari bamaze kumubwira ko Polisi y’u Rwanda igiye gufunga...