Akon Yahishuye impamvu amafaranga atari inkomoko y’ibyishimo mu buzima
Yanditswe: Saturday 15, Oct 2022
Umuhanzi wakoze amateka ku isi ufite inkomoko muri muri Senegal akaba na producer, Aliaune Damala Badara Akon Thiam uzwi ku izina rya Akon, yatangaje ko ibibazo bihora bizanwa n’amafaranga birenze cyane ihumure atanga.
Uyu muhanzi, mu kiganiro yagiranye na radiyo, yavuze ko kugira amafaranga atari byo soko y’ibyishimo kuko atera ibibazo kurusha gutanga ibisubizo
Akon yagize ati: "Amafaranga ntabwo byanze bikunze agura umunezero kuko ahanini biterwa nibishimisha umuntu.
Abantu bafite (...)
Umuhanzi wakoze amateka ku isi ufite inkomoko muri muri Senegal akaba na producer, Aliaune Damala Badara Akon Thiam uzwi ku izina rya Akon, yatangaje ko ibibazo bihora bizanwa n’amafaranga birenze cyane ihumure atanga.
Uyu muhanzi, mu kiganiro yagiranye na radiyo, yavuze ko kugira amafaranga atari byo soko y’ibyishimo kuko atera ibibazo kurusha gutanga ibisubizo
Akon yagize ati: "Amafaranga ntabwo byanze bikunze agura umunezero kuko ahanini biterwa nibishimisha umuntu.
Abantu bafite amafaranga ntibaba bafite umwanya kuko agutwara umwanya kandi rimwe akagutwara kure y’umuryango wawe.
Amafaranga akuzanira ibibazo byinshi kurusha ihumure.Uribura wese.Ntabwo wabonera umwanya umuryango wawe.Aho nta humure ririmo."
Uyu muhanzi w’imyaka 49 yakoze indirimbo nyinshi zirimo Freedom,Dangerous,I’m so Paid,Lonely,Don’t matter n’izindi.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *