skol
fortebet

Byiringiro Lague yashimagije umugore we bujuje umwaka babana

Yanditswe: Tuesday 13, Dec 2022

featured-image

Sponsored Ad

Rutahizamu wa APR FC,Byiringiro Lague yavuze ko "umugore we atangaje"ari mwiza akaba n’umunya gikundiro mu butumwa bwo kwishimira umwaka bamaze barushinze.
Byiringiro na Uwase basezeranye imbere y’Imana nyuma yo gusaba no gukwa, byose byabaye ku wa 7 Ukuboza 2021.
Ahagana saa tanu z’ijoro ryo ku Cyumweru tariki ya 11 Ukuboza 2022, Byiringiro Lague yagiye kuri Instagram yandika amagambo yifuriza umugore we, Uwase Kelia, isabukuru nziza y’umwaka ushize bashinze urugo.
Yagize ati "Isabukuru (...)

Sponsored Ad

Rutahizamu wa APR FC,Byiringiro Lague yavuze ko "umugore we atangaje"ari mwiza akaba n’umunya gikundiro mu butumwa bwo kwishimira umwaka bamaze barushinze.

Byiringiro na Uwase basezeranye imbere y’Imana nyuma yo gusaba no gukwa, byose byabaye ku wa 7 Ukuboza 2021.

Ahagana saa tanu z’ijoro ryo ku Cyumweru tariki ya 11 Ukuboza 2022, Byiringiro Lague yagiye kuri Instagram yandika amagambo yifuriza umugore we, Uwase Kelia, isabukuru nziza y’umwaka ushize bashinze urugo.

Yagize ati "Isabukuru nziza y’igihe gishize dushinze urugo ku mugore wanjye utangaje. Umugore mwiza w’igikundiro nkawe ni inzozi ziba zibaye impamo ku mugabo uwo ari we wese. Ndi umunyamahirwe kuba nkufite nk’umugore wanjye."

Byiringiro Lague ni umugore we Kelia bafitanye umwana umwe.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa