skol
fortebet

Yananiwe kwihanganira uburwayi bw’umugore we bari bamaranye imyaka 79 bapfira rimwe

Yanditswe: Wednesday 07, Dec 2022

featured-image

Sponsored Ad

Umugabo n’umugore bari batuye Ohio,muri Amerika bombi bari bafite imyaka 100, bapfuye amasaha make atandukanye hagati yabo, nyuma yimyaka 79 bashakanye.
Inkuru y’urukundo rwa June na Hubert Malicote yarangiye mu cyumweru gishize nyuma y’imyaka hafi 80 barushinze, kandi nkuko umuhungu wabo Sam w’imyaka 76 yabivuze, aba bashakanye ’bagendeye rimwe."
Sam yatangarije Dayton Daily News ko nyina yarwaye cyane nyuma y’umunsi wa Thanksgiving, maze ashyirwa mu cyuma gitwara ubuzima bwe muri Hospice of (...)

Sponsored Ad

Umugabo n’umugore bari batuye Ohio,muri Amerika bombi bari bafite imyaka 100, bapfuye amasaha make atandukanye hagati yabo, nyuma yimyaka 79 bashakanye.

Inkuru y’urukundo rwa June na Hubert Malicote yarangiye mu cyumweru gishize nyuma y’imyaka hafi 80 barushinze, kandi nkuko umuhungu wabo Sam w’imyaka 76 yabivuze, aba bashakanye ’bagendeye rimwe."

Sam yatangarije Dayton Daily News ko nyina yarwaye cyane nyuma y’umunsi wa Thanksgiving, maze ashyirwa mu cyuma gitwara ubuzima bwe muri Hospice of Hamilton muri Ohio.

Kubona umugore we ameze nabi cyane,byagoye Hubert,bituma yikubita hasimmaze ajyanwa mu bitaro bimwe n’umugore we.

Aba bashakanye barwariye mu cyumbakimwe mu bitaro, aho bombi bamaze iminsi itanu barataye ubwenge.

Ariko ahagana mu ma saa tatu z’ijoro ku ya 30 Ugushyingo,Hubert yitabye Imana asinziriye. Kandi nk’uko Sam abivuga, icyamuteye gupfa n’umutima umenetse.’

Nyuma y’amasaha 20, ahagana saa kumi n’ebyiri z’umugoroba ku ya 1 Ukuboza, na June yarapfuye.

Sam yabwiye iki kinyamakuru ati: ’Barasohokanye.’ ’Ndumva mbabaye, ariko ntibikwiye. Ninde ushobora kwitega kubaho ubuzima nkubwo?

’Babayeho igihe kirekire, bishimye kandi bariyeguriye Imana n’umuryango.’

Aba bombi bakuriye i Kentucky bwa mbere mu 1941 mu rusengero, maze basezerana nyuma y’umwaka umwe, ubwo bombi bari bafite imyaka 20, igihe Hubert yari mu kiruhuko avuye mu ngabo z’Amerika zirwanira mu mazi.

Mbere y’aho,Hubert yabwiye CBS ishami rya Local 12 ati: ’Ubwo namubonaga, naravuze nti uyu azaba mwiza.’

Babyaranye abana batatu mu myaka yabo, bagira abuzukuru barindwi n’abuzukuruza 11.

Ibitekerezo

  • #PRESIDENTSPROMOTION_IDASANZWE

    #DORE_ICYAYI_CY_ABAGABO_GITUMA_UGIRA_IJAMBO_IWAWE_WAKWIVUGA_IKIVUGO_CY_ABAGABO_UKUMVIKANA. +250789502321
    #Kirwanya #stress #kikarinda no #kurangiza #vuba!

    #TONGKAT NI #UMWIMERERE #NTANGARUKA #IGIRA KANDI #YONGERA #UBUSHAKE BWO #GUKORA #IMIBONANOMPUZABITSINA #KUBAGABO #IKANONGERA #UMUSEMBURO WA #TESTOSTERON
    +250789502321
    Iyi product igizwe n’ibintu bine (4in1) by’ingenzi biyiha ingufu n’ubushobozi bwo gufasha umubiri muburyo butandukanye ariko by’umwihariko ikaba Ari umwimerere kuko idakora nka drogue cg ikiyobyabwenge(Muri Asia bayise #Tongkat_coffee kubera ubushobozi bayiziho bwo guha umugabo imbaraga za kigabo zikenewe.Igizwe 100% n’ifu y’umuzi w’ikimera cya #Tongkat_Ali n’impumuro ya #coffee itarimo caffeine ndetse ikabamo isukari y’umwimerere itariyo munganda( ni umushongi w’igisheke)ndetse kandi ibamo n’amata aba yarakamuwemo amavuta kuburyo idashobora kongerera umubyibuho ndetse niyo waba urwaye Diabetes urayinywa ntigutere ikibazo cyo kuzamura isukari kuko ntasukari yo munganda iba yarongewemo.

    #Akamaro_ka_Tongkat_muri_rusange:

    - Ituma amaraso atembera neza mumitsi ikanatuma ubwonko bukora neza
    - irinda stress n’umunaniro w’ubwonko
    - yongera umusemburo w’abagabo wa Testosterone
    - irwanya umuriro wa Malaria
    - yongera imbaraga za kigabo(stamina & libido)
    - irinda kurwara diabetes ikanarinda igifu kurwara ibisebe(kumuntu wamaze kugira ibisebe kugifu iramufasha cyane)
    - ituma impyiko zikora neza ikanazongerera imbaraga
    - Irwanya cancer ya Prostate nubundi bwoko bwose bwa cancer,...
    Ibindi wakenera kumenya kuri iyi nyunganiramirire andika ijambo #Tongkat_Ali muri Google search yawe urebe byinshi biyivugwaho.

    Iyi nyunganiramirire y’akamaro gakomeye gutya wayibona uhamagaye +250 789502321/Whatsapp cg ukadusanga aho dukorera Kigali.
    Tunayikoherereza aho waba uherereye hose mugihugu no hanze yacyo.Hari n’izindi products nziza cyane nyinshi zibereye umuntu Ushaka kugira ubuzima bwiza no gukumira indwara mbere.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa