Mu gihugu cya Zambia mu gace kitwa Ndola,abantu bitwikiriye ijoro bajya gutaburura umurambo w’umuntu washyinguwe mu mwaka wa 2012 barangije barawutwara.
Umuhanzi uri mu bakunzwe cyane mu Rwanda no muri aka karere,Ngabo Medard uzwi nka Meddy,yateye ivi asaba umukunzi we Mimi Mehfira bari bamaze igihe kitari gito...
Nyirubutungane Papa Francis yagize Arikiyepisikopi wa Kigali, Karidinali Antoine Kambanda umwe mu bashinzwe iyogezabutumwa muri Kiliziya Gatolika ku Isi yose nyuma y’iminsi mike amugize...
Umugore utatangaje amazina ye yavuze ko yaciwe mu muryango we ndetse atemerewe kwitabira umuhuro w’umuryango wo kwizihiza Noheli kubera ko ashaka kwita umwana azabyara mu kwezi gutaha izina...