Umugabo w’imyaka 60 wo mu gihugu cya Kenya ahitwa Mombasa yahuye n’uruva gusenya ubwo yateraga akabariro ari kubabara mu gatuza birangira apfiriye muri iki gikorwa cy’abashakanye.
Inteko ishinga amategeko ya RDC yamaze kweguza Madamu Jeanine Mabunda wari inshuti ya Kabila biha amahirwe menshi Perezida Tshisekedi yo kuba yashyira mu bikorwa gahunda yo gusesa iyi...
Umwongereza witwa Nick Rawet utuye mu mujyi wa Birmingham,yanze kubana n’abantu ashora akayabo ka miliyoni zisaga 15 FRW zo kugura ibipupe 4 byo kwifashisha mu gutera...
Umurusiya w’imyaka 25 wari wasinze yihaye gusoma ifarashi ubwo yari kumwe n’undi mugoreniko kumuruma izuru ryose irikuraho aruhukira mu bitaro byo mu mujyi wa St Petersburg wo muri iki gihugu...
Bimenyerewe ko umugeni wese ku munsi w’ubukwe yambara ikanzu y’umweru ariko umusore umwe yavuze ko yanze ko uwo bari bagiye kurushinga yambara ikanzu y’umweru kubera ko baryamanye agasanga yarataye...
Abaturage bo mu cyaro kimwe cyo mu Buhindi bari bagarutse mu ngo zabo bavuye gushakira ubuzima mu ishyamba begeranye batewe n’idubu ryabakurikiye ribicamo 4 abandi 3...