skol
fortebet

Udushya

Umupolisi ari mu mazi abira nyuma yo guhemukira bikomeye umukunzi we

Umupolisi wubatse wo muri Pennsylvania, muri Amerika,afunzwe akurikiranyweho icyaha cyo kuniga (...)

Umugore ushobora kuba ariwe ukuze kurusha abandi bose ku isi yavuze amagambo akomeye ku isabukuru ye

Umukecuru w’imyaka 117 bikekwa ko ariwe mugore ukuze cyane ku isi,yizihije isabukuru ye (...)

Umwana w’imyaka ibiri yaciye ibintu nyuma yo kwivana iwabo akagenda ibirometero bisaga 4 n’imbwa z’iwabo

Ubuyobozi bwavuze ko umukobwa w’imyaka 2 yateye impungenge iwabo nyuma yo gukora urugendo (...)

Umugabo uzwi yishwe n’ikimasa cyamusanze ahaberaga imikino

Umugabo wari ufite abana babiri yishwe n’ikimasa mu birori by’iserukiramuco muri (...)

Umwe mu bayobozi b’ikipe yateye inda umukinnyi ayobora birukanwa bose

Umwe mu bayobozi b’ikipe y’abagore yitwa Fountain Gate Princess FC yo muri Tanzania, yahise (...)

Umupolisi yiguriye isanduku ihenze azashyingurwamo nyuma yo kwicukurira imva

Umupolisi wo muri Tanzania witwa Patrick Kimaro, w’imyaka 60 y’amavuko, umwaka ushize wa 2022 (...)

Umucamanza yateje impaka kubera ibyo yakoreye mu ngoro y’urukiko

Umucamanza wo muri Colombia yishyize mu bibazo bikomeye nyuma y’amashusho yagiye hanze arimo (...)

Umugabo yarohamye mu mugezi aburirwa irengero ubwo yifataga ifoto akanyerera

Abaturage batuye hafi y’umugezi wa Kiringa mu gace ka Gichugu, mu Ntara ya Kirinyaga,muri Kenya (...)

Umugabo n’umukobwa we babanaga nk’umugabo n’umugore bafashwe bamaze kwica impinja zabo

Umugabo witwa Piotr w’imyaka 54 n’umukobwa we Paulina Gierasik w’imyaka 20 bari bamaze imyaka ine (...)

Ababyeyi bo mu Buhinde babyaye umwana ufite intoki 14 n’amano 12 bavuga ko ari imana yazutse

Ababyeyi b’umwana wavukiye mu Buhinde afite intoki n’amano 26 bemeje ko uku ari kuvuka ubwa (...)

Urukiko rwaciye akayabo ibitaro kubera gusiramura nabi umuntu bikamuviramo gucibwa igitsina

Umusore w’imyaka 22 wo muri Malaysia waciwe igitsina cye bitewe no gusiramurwa nabi afite imyaka (...)

Nyanza-Ruhango: Abaturage batunguranye bavuga ko kurya imyumbati igeretse ku bishyimbo ari ubusambanyi

Abaturage batuye mu turere twa Nyanza na Ruhango bavuga ko babangamiwe n’abavuga ko kurya (...)

Umugeni yatandukanye n’umugabo bakiri mu birori by’ubukwe bapfuye umutsima

Ntabwo abantu bose bakunda imigenzo gakondo ibera mu bukwe aho hari uduce two ku isi umukwe (...)

Umugore ari mu byishimo nyuma yo gutandukana n’umugabo wari umuzengereje

Umugore ukiri muto wo muri Kenya yakoze ibirori byo kwishimira gutandukana n’umugabo ashinja ko (...)

Umugabo yagarutse mu rugo rwe nyuma y’imyaka 51 yaraburiwe irengero

Umugabo witwa Joseph Odongo, wavuye mu mudugudu yari atuyemo wa Riwa mu Ntara ya Homa Bay afite (...)

0 | ... | 105 | 120 | 135 | 150 | 165 | 180 | 195 | 210 | 225 | ... | 3540