skol
fortebet

Hateguwe ibirori bikomeye by’ubusambanyi ku kirwa aho buri muntu wese uzabyitabira azajya ahabwa abagore 2 bo gusambanya buri munsi

Yanditswe: Monday 08, Oct 2018

Sponsored Ad

Mu gihugu cya Colombia hateguwe ibirori by’urukozasoni bizabera ku kirwa aho abagabo n’abagore bazahura,bagasambana ndetse bakanwa inzoga zitagira ingano bambaye ubusa.

Sponsored Ad

Ibi birori bizamara iminsi 4,byongeye kugaruka nyuma y’aho umwaka ushize leta ya Colombia yari yanze ko biba kubera imitegurire idahwitse.

Abategura ibi birori byitwa Sex Island bazwi nka Good Girls Co, bavuze ko umugabo wese uzabyitabira azajya ahabwa abagore 2 buri munsi, bakomoka muri amerika y’amajyepfo ariko umuntu yemerewe kuzana n’umukunzi we.

Kwitabira ibi birori bisaba kwishyura akayabo k’ibihumbi 5 by’amapawundi aho abazabyitabira bazakora ibikorwa by’urukozasoni bitandukanye, birimo amarushanwa yo gusambana,gutemberera mu mato abagabo n’abagore bambaye ubusa,n’ibindi bitandukanye.

Ibi birori bizabera kuri kimwe mu birwa bya carribean aho abagabo n’abagore bazasambana mu buryo buteye isoni,bagurana abagore ndetse banywa inzoga zikomeye ari nako bazimena ku bagore bari kumwe.

Urubuga rwa Sex Island rwavuze ko abagore 60 bazaba bari kuri kimwe mu birwa bya Carribean,biteguye kwakira abagabo 30 bazagura amatike kare aho bivugwa ko bazabafata nk’abami.

Abashinzwe gutegura ibi birori bavuze ko abagore bose bazaba bari muri ibi birori bazabanza gupimwa kugira ngo harebwe niba nta ndwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina bafite ku buryo bazanduza abakiliya.

Buri tike ya buri mukiliya uzitabira ibi birori byo muri sex Island,izaba iherekejwe n’udukingirizo twinshi,inzoga ndetse n’ibyo kurya umuntu azafata muri iyi minsi 4.

Buri mugabo azahabwa icyumba cyitegeye amazi ndetse n’abapagasi bo kumwitaho,bamukorera massage,bamugaburira n’abamucungira umutekano cyane ko abategura ibi birori bavuze ko bakodesheje abarinzi bakomeye bafite ubumenyi buhambaye ku mutekano ndetse bafite ibikoresho kabuhariwe.

Ibi birori by’ubusambanyi bizaba taliki ya 14-17 Ukuboza uyu mwaka aho abashinzwe kubitegura bavuze ko nta bucuruzi bw’abakobwa bakora ndetse nta mwana uri munsi y’imyaka 18 uzinjira kuri iki kirwa cy’ubusambanyi kuko buri mukiliya wese azavanwa ku kibuga cy’indege akagezwa kuri iki kirwa amaze gusakwa.

Nta mafoto yemerewe gufatwa kuri iki kirwa ndetse ntabwo umuntu ategetswe gusambana atabishaka kuko hazaba hari n’amarushanwa yo gukina volleyball ku mucangana Gymnastic.

Abashinzwe gutegura ibi birori by’ubusambanyi bavuze ko batumiye abahanzi 2 b’ibyamamare ndetse bakunzwe,umwe ukomoka muri USA undi mu Bwongereza, bo gushyushya abakiliya.




Ibitekerezo

  • Mujye mwibuka ko ibi bintu bitegura IMPERUKA.Muli 2 Timote 3:1,4,abantu nyamwinshi bazaba bakunda "ibinezeza" kurusha kera.Ntabwo abangaba bazi ko bakora ibyo imana itubuza.Nyamara niyo yaduhaye sex kugirango tuyihe umuntu umwe gusa tuzabana binyuze mu mategeko.Millions and millions z’abantu basambana,ntabwo bemera ko ari icyaha kizatuma batabona ubuzima bw’iteka muli paradizo dutegereje.Ntacyo bimaze " kwishimisha akanya gato",hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka muli Paradizo kandi ntuzazuke ku Munsi w’Imperuka.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa