skol
fortebet

Umugabo ushinzwe umutekano ku bitaro yafashwe ari gusambanya umurambo w’umugore

Yanditswe: Friday 24, Aug 2018

Sponsored Ad

Umugabo witwa Cameron Wright w’imyaka 23 usanzwe acunga umutekano mu bitaro bya St Francis Hospital biherereye mu mujyi wa Memphis muri USA,yafashwe ari gusambanya umurambo w’umugore wari umaze gupfa.

Sponsored Ad

Uyu musekirite yafashwe na bagenzi be bahuje akazi ubwo yari amereye nabi umurambo bahita bahamagara polisi ihita imuta muri yombi.

Umurambo w’uyu mugore wasambanyijwe n’ushinzwe umutekano

Abagenzacyaha bemeje ko uyu mugabo yemeye ko yasambanyije umurambo w’uyu mugore witwa April Parham w’imyaka 37 wari usanzwe ari umwarimu wapfiriye mu bitaro.

Uyu murambo w’uyu mugore wari ugiye gusuzumwa kugira ngo bamukuremo bimwe mu bice ny’ingenzi babifashishe indembe,nibwo abashinzwe umutekano basangaga mugenzi wabo ari kuwusambanya.

April yapfuye mu gitondo cyo ku wa Gatatu w’iki cyumweru,Wright afatwa mu masaha ya nimugoroba ari gusambanya umurambo.

Ibitekerezo

  • isi irashaje

    Ntabwo babeshya kuko no muli Genocide yo mu Rwanda,interahamwe zasambanyaga intumbi.Ubusambanyi nicyo cyaha kizatuma abantu nyamwinshi Babura ubuzima bw’iteka.Imana yaduhaye sex kugirango tuyihe umuntu umwe gusa tuzabana binyuze mu mategeko kandi ntidutandukane.Millions and millions z’abantu basambana,ntabwo bazi ko ari icyaha kizatuma batabona ubuzima bw’iteka muli paradizo dutegereje.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka kandi ntuzazuke.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane. Abantu bumvira imana,bazazuka ku munsi w’imperuka nkuko Yesu yavuze muli Yohana 6:40.Hanyuma imana ibahembe ubuzima bw’iteka muli Paradizo.Igihano cy’abanyabyaha,ni urupfu rwa burundu nta kuzuka.Soma Abagalatiya 6:8.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa