skol
fortebet

Umugabo yafashwe ari gusambanira n’umugore muri Gari ya Moshi abwira polisi ko aribyo yagombaga gukora

Yanditswe: Wednesday 22, Jul 2020

featured-image

Sponsored Ad

Umugabo witwa Joseph Paul Darcy w’imyaka 43 n’umugore witwa Tracy Hope Hartley w’imyaka 36 bo muri Australia bafashwe bari gusambanira muri gari ya moshi bituma bajyanwa mu nkiko.

Sponsored Ad

Uyu mugabo wafashwe ari gusambanira n’umugore muri gari ya moshi yari ihagaze ahitwa Perth muri Australia,yabwiye abapolisi ko aribyo yagombaga gukora.

Uyu mugabo ngo akimara gufatwa ari gusambana n’uyu mugore,yabwiye abapolisi ko aribyo yagombaga gukora.

Aba bombi bafashwe n’abapolisi bari gusambanira muri iyi gari ya moshi kuwa 09 Gicurasi uyu mwaka.

Uyu mugabo ngo akimara gufatwa ari gusambana n’uyu mugore yararakaye cyane abwira nabi aba bapolisi babiri ko yahita abasohora nabi.

Umucamanza witwa Vivian Edwards yavuze ko “Ukuntu iki kibazo giteye isoni bigoye kuvuga byinshi ku bicyerekeyeho.”

Aba bombi bahamwe n’icyaha cy’imyitwarire idahwitse mu ruhame bacibwa amande aho umugabo witwa Hartley yaciwe amadolari1,800 mu gihe umugore we azakatirwa igifungo gisubitse.



Hartley na Darcy baciwe amande nyuma yo gufatwa bari gusambanira muri gari ya moshi

Ibitekerezo

  • Sinari nzi ko iki gihugu kigira urugomo bigeze aho.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa