skol
fortebet

Umugore yaciye ibintu kubera ikintu gitangaje yakoze kikamutera guhorana ubushake bwo gutera akabariro [AMAFOTO]

Yanditswe: Thursday 03, Dec 2020

Sponsored Ad

Umugore witwa Letícia Martins, uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga nka Lunna Leblanc w’imyaka 23 ukomoka muri Brazil yahishuye ko asigaye ahorana ubushake bwo gutera akabariro kubera ko yotesha izuba igitsina cye nibura amasaha 2 ku munsi.

Sponsored Ad

Uyu mugore wavuze ko atajyaga agira ubushake bwo gutera akabariro yavuze ko yafashe umwanzuro wo kujya yota izuba yambaye ubusa ndetse agakora ibishoboka byose ngo igitsina cye kijye ku izuba nibura amasaha 2 ku munsi byatumye agira ubushake budasanzwe bwo gutera akabariro.

Uyu mugore yashyize hanze ifoto yambaye ubusa ari kota izuba bituma abafana be bacika ururondogoro.

Yahise yandikaho ati “Nta kiruta izuba rya mu gitondo.Wari uziko gushyira ku izuba [kotesha] imyanya yawe y’ibanga bishobora kukongerera imbaraga,n’ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina ndetse bikanagufasha gusinzira neza.

Kutosha imyanya y’ibanga ni byiza kandi bifasha kongera ubushake bwo gutera akabariro.Ibyo byambayeho.”

Uyu mugore yavuze ko kumara nibura isaha ku izuba wambaye ubusa bishobora gufasha abagore kugira ubushake bwo gutera akabariro kuko ngo nawe ariko byamugendekeye.

Ubushakashatsi bwagaragaje ko Vitamin D itangwa n’izuba izamura imisemburo ya testosterone ifasha abagabo gutera akabariro ndetse ngo iyi mirasire y’izuba inagira ingaruka ku bagore.

Madamu Lunna yavuze ko yagiye gukorera United Arab Emirates birangira Guma mu rugo imufatiyeyo ariko ngo yahuye n’uruva gusenya kuko yakeneye gutera akabariro ntibimukundire.

Yagize ati “Byari biteye ubwoba.Sinifuzaga kuba muri Guma mu rugo ndatera akabariro.Nta n’umwe wabyihanganira.”

Uyu munyamideli Lunna aherutse kwiyongeresha ikibuno ashoye miliyoni 23 FRW.



Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa