skol
fortebet

Umukobwa w’uburanga yatangaje ko azasambanira kuri televiziyo imbonankubone kugira ngo ababaze umukunzi we wamwanze bagiye gukora ubukwe [AMAFOTO]

Yanditswe: Thursday 31, May 2018

Sponsored Ad

Umukobwa w’uburanga witwa Kendall Rae Knight ukomoka mu mugi wa Blackpool mu Bwongereza, yatangaje ko azasambanira kuri televiziyo live kugira ngo ababaze umukunzi we witwa Michael Clark wamutaye bamaze imyaka 5 bakundana.

Sponsored Ad

Uyu mukobwa yabwiye abanyamakuru ko uyu mukunzi we yamubwiye ko ashaka ko batandukana kugira ngo abone umwanya wo kuganira n’abasore bagenzi be,kandi bari bamaze imyaka 5 bakundana.

Uyu mukobwa usanzwe ari umunyamideli, yavuze ko yifuza kugaragara kuri televiziyo ari gukorana imibonano mpuzabitsina n’unsi musore, kugira ngo ateshe umutwe uyu Clark wahoze ari inshuti ye ndetse akamwanga yaramaze kumwambika impeta y’umubano.

Yagize ati “Twari tumaze imyaka 5 dukundana ndetse twagombaga gushyingiranwa mu mwaka ushize gusa mu gitondo twarabyutse ambwira ko atifuza kongera gukundana nanjye ahubwo agiye guharira umwanya abasore b’inshuti ze.Numvaga ko tugiye gushyingiranwa nkamara igihe gisigaye cy’ubuzima bwanjye ndi kumwe nawe gusa narakomeretse bikomeye.

Uyu Kendall yavuze ko nta muhungu azongera gukundana nawe ndetse yiyandikishije mu bifuza gukora imibonano mpuzabitsina imbonankubone kuri televiziyo kugira ngo uyu mukunzi we abone ko yahombye ikintu gikomeye.


Ibitekerezo

  • Birababaje kubona abakobwa bakoresha ubwiza bwabo mu gusambana.Uwo basambana bakamwita "umukunzi".Sinzi impamvu abakobwa batabona ko abahungu babagira "sex objects".Iyo umuhungu amaze kuguhaga,araguta.Icyo aba yishakira ni sex gusa.Nubwo ababikora ari abantu benshi cyane,bibabaza imana yaturemye.Imana yaduhaye sex kugirango tuyihe umuntu umwe gusa tuzabana binyuze mu mategeko.Millions and millions z’abantu,ntabwo bazi ko gusambana ari icyaha kizatuma batabona ubuzima bw’iteka muli paradizo dutegereje.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka kandi ntuzazuke.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane. Abantu bumvira imana,bazazuka ku munsi w’imperuka nkuko Yesu yavuze muli Yohana 6,umurongo wa 40.Hanyuma imana ibahembe ubuzima bw’iteka muli Paradizo.Igihano cy’abanyabyaha,ni urupfu rwa burundu nta kuzuka.Soma Abaroma 6:23.

    sh ubw subweng ahubw nubusaz kuk ak nakabong

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa