skol
fortebet

Umukunzi wanjye yambwiye ko ndi munini cyane kandi ko mugora mugihe cyo gutera akabariro(AMAFOTO)

Yanditswe: Friday 05, May 2017

Sponsored Ad

Umugore w’imyaka 22 y’amavuko witwa Paige Way yagiye kwigabanyisha ubunini nyuma yuko umukunzi we amubwiye ko ari munini cyane kandi agoranye mu gutera akabariro.
Yagize ati”byarambabaje cyane ndetse bintera no kwiheba igihe umukunzi wanjye yabwiraga ko inda yanjye yitambika mu nzira iyo agiye gutera akabariro,ariko byanteye gutuma nshaka gukora uko nshoboye ngo ngabanye ibiro byanjye”.
Nagumye iteka ndi munini nko mu bwana bwanjye,ku buryo no mu nshuti zanjye zinubiraga ubunini (...)

Sponsored Ad

Umugore w’imyaka 22 y’amavuko witwa Paige Way yagiye kwigabanyisha ubunini nyuma yuko umukunzi we amubwiye ko ari munini cyane kandi agoranye mu gutera akabariro.

Yagize ati”byarambabaje cyane ndetse bintera no kwiheba igihe umukunzi wanjye yabwiraga ko inda yanjye yitambika mu nzira iyo agiye gutera akabariro,ariko byanteye gutuma nshaka gukora uko nshoboye ngo ngabanye ibiro byanjye”.

Nagumye iteka ndi munini nko mu bwana bwanjye,ku buryo no mu nshuti zanjye zinubiraga ubunini bwanjye,abagabo bo bavuganga amagambo atari meza kuri njye,aho bagira ga bati bakimbona;Mana wee,murebe uko uriya mugore angana”.

“Nta cyizere nari nifitiye,ariko nagerageje kubyakira ubwajye ndanabyishimira kuba ndi munini,kuko niyo nabaga nicaranye n’umuryango wanjye nageragezaga guseka kugira ngo byiyibagize.Ariko igihe umukunzi wanjye yabwiraga gutyo,nahise numva najye nta mbaraga nzongera kubona ubwanjye zo kwiyakira.”

Nkuko ikinyamakuru cya UK Mirror cyabitangaje,Paige byamutwaye amezi umunani kugira ngo agabanye umubyibuho,aho yakoraga imyitozo itandukanye ndetse anarya ibiryo yari yategetswe na muganga bigabanya ibiro.

Nyuma yo kugabanya ibiro ,Paige yahise atandukana n’umukunzi we kandi Paige akomeza avuga ko kuba yaragabanutse ku biro,byahinduye ubuzima bwe,ubu Paige akaba nta mukunzi afite ndetse ngo ari kumushakisha.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa