Umutoniwase Sandrine watunguranye ku munsi w’ejobundi ubwo yigaragazaga ku rukuta rwe rwa Facebook asa nk’usaba imbabazi ku mahano yakoze mu bihe byahise, akomeje kubera benshi urujijo agaragaza ubutumwa butandukanye bw’abasore bwiganjemo ubusambanyi bagiye bagirana na we.
Ku wa Gatanu tariki 21 Nyakanga nibwo uyu mukobwa wiyise Umutoniwase Sandrine kuri Facebook, yagaragaye yanditse ku rukuta rwe rwa Facebook amagambo akomeje kuvugisha benshi ibitandukanye, aho yavuzeko nyuma yo kwandura agakoko gatera SIDA yafashe umwanzuro wo gusaba imbabazi abo yahemukiye bose akazitahira mu mahoro nk’uko yabyanditse, akomeje kugenda agaragaza ubutumwa yandikiranaga n’abasore bagiye batandukanye mu ruganiriro rwa Facebook yabo (Inbox), ibyatumye abantu benshi bacika ururondogoro.
Umutoniwase Sandrine
Murabizi nitwa uwase sandrine niyo mazina yange nyakuri, ntuye igisenyi nenshi muranzi,mfite ibibazo byinshi arko byandenze
Ubwo mperutse kujya kwipimisha sida nasanze naranduye niyo mpamvu mpisemo gusaba imbabazi abo nahemukiye Bose ngo nzapfe nd’umwere.
Ndasaba imbabazi abantu Bose cyane ab’i Kigali nabeshye ko nshaka akazi ko mu rugo bakanyoherereza amafaranga ya transport nkayarya singeyo mumbabarire,
Abasore namwe mumbabarire ayo nabariye yar’inzara ariko namwe bake twabonanye nimwe munyanduje SIDa muragapfa,
Imana Imbabarire kuko najyaga nkora icyaha icyo kwiphotora igitsina nkagiha abasore inbox Facebook yaransazije, ubu mbabazwa n’ abasore batunze amaphoto yange muri inbox zabo.
Ifoto y’Igitsina cye yashyize hanze yakundaga guha abasore
Akomeza agira ati,Agahinda mfite ninge ukazi ubu amarira ranzenga mumaso ndumva namanuka mu Kivu nkiyahura munsengere, murakoze.
Umutoniwase atuye i Gisenyi ubukene ngo nibwo bubimutera
INAMA NGIRA ABAKOBWA BAGENZI BANGE MUJYE MWIRINDA KURYA IBYO MUTAVUNIKIYE KANDI MWIYUBAHE, nariyandaritse none binkozeho.
Iyo photo mubona niyo najya mpa abasore kenshi.
REBA AMAFOTO HASI Y’ABAHUNGU AMAZE GUTAMAZA:
Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.
Imbuga nkoranyambaga ze:
Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter
Urakoze humura,SIDA sicyo kibazo ubu dufite gikomeye ,abayirwayo barajubaka n’abo igihugu kandi umisanzu bari kuwutanga ,garujira Imana ugabanye gusambana ,uhange undi murimo ,uzatera imbere pe! Nina ushaka umugabo uzampamagare nanjye ndi umusore nzakugire umugore.Nina warihannye
Kubasha umu frend
IYABAWARUFPUYE
Urihangan Kuk Ivyo Wabiterw Na Sekibi Arim Satan Kuk Kovyamaz Gushk Ntakund
Sisitawe Wihangane Ukunuwarimwiza Nibyo Bimbacje
Konamafoto mumanzemuduhe amafoto
Umwa wa mukobwa we ibyo wakoze ntibyari bikwiye na gato. Si umuco w’abari b’i Rwanda. Mbonereho mbwire urubyiruko rusa n’urwagize ubusambanyi imikino ihoraho, ko nyuma y’igihe bigira ingaruka mbi ku babikora. Gusa rero, nubwo wakoze amahano, ba intwari, umuti si ukwiyambura ubuzima, si no kwiyanga ngo ubeho uhungabanye. Ahubwo ba intwari wakire amateka mabi yakuranze mbere, ufate icyemezo cy’icyerecyezo uhaye ubuzima bwawe. Ndagira ngo nkwibutse ko Mariya Madalina nawe wari warabaye indaya, Yezu yamubabariye ibyaha bye. Egera umusaserdoti ukuri hafi, agufashe usabe Imana imbabazi, nawe wibabarire, kandi ubabarire n’abo mwafatanyije gucumura, nabo bari barayobye nkawe, ndetse ubafashe guhindika uko Nyagasani azabigufasha. Amateka ajya ahinduka, nta kinanira Imana kandi impuhwe zayo ntizigira umupaka.Humura , gusa ufate icyemezo kizima wirinde gusubira mu ijandwe ry’ibyaha. Nyagasani Yezu akuyoboreshe urumuri rwe, Nyina wa Jambo, umubyeyi uboneshereza abari mu nyanja, ahumurize umutima wawe, agufashe gutera intambwe iva mu rupfu ijya mu buzima, Nyagasani Nyi’imbabazi akwakirane urugwiro kuko yari agutegereje kibondo sigaho gutekereza kwica .
Sha Ihangane Nyine2 Nnx Ko Umutungo Imana Yaguhaye Wawufashe Nab Byagenda Gt? Pl2
Sha Ihangane Nyine2 Nnx Ko Umutungo Imana Yaguhaye Wawufashe Nab Byagenda Gt? Pl2
SHA UMUTONIWE WARAGAKOZE
Imana nidutabare nahubundi tugeze muminsi yanyuma Inama yanjye nuko ibipfundikiye bitera amatsiko ariko mwirinde mujye murira kugihe
Imana nidutabare nahubundi tugeze muminsi yanyuma Inama yanjye nuko ibipfundikiye bitera amatsiko ariko mwirinde mujye murira kugihe
xrry kbx knd abo wahemukiye bakubabarire ark kwiyahura ntbw ario muti wibibaz kuko nyum yubw buzima harubundi buzima
xrry kbx knd abo wahemukiye bakubabarire ark kwiyahura ntbw ario muti wibibaz kuko nyum yubw buzima harubundi buzima
nagirango.ntange.igitekerezo.uno.mukombwa.sandrine.numbwo.asaba.imbabazi.imana.nabantu.yagiriye.nabi.akabanduza.vrus.yasida.niba.abikuye.kumutima.imana.izamubarire.imuhe.iruhuko.ridashira