skol
fortebet

Umuraperikazi yahishuye ko amaze kuryamana n’abantu 2000

Yanditswe: Tuesday 20, Sep 2022

featured-image

Sponsored Ad

Umukobwa ukiri muto ku myaka ye 27 gusa,yemeje ko amaze kuryamana n’abantu bagera ku 2000 barimo abagabo n’abagore.
Umuraperi wo muri Jamaica, Diamond The Body, uherutse gushyira hanze ubwambure bwe n’icyamamare muri muzika ya Nigeria, Burna Boy, avuga ko yaryamanye n’abantu barenga 2000. Yagaragaje kandi ko yatakaje ubusugi bwe afite imyaka 12.
Diamond yabitangaje mu kiganiro aherutse kugirana n’umunyaNigeria ukomeye witwa Special Spesh.
Yagize ati“Ndababwiza ukuri. Natakaje ubusugi mfite (...)

Sponsored Ad

Umukobwa ukiri muto ku myaka ye 27 gusa,yemeje ko amaze kuryamana n’abantu bagera ku 2000 barimo abagabo n’abagore.

Umuraperi wo muri Jamaica, Diamond The Body, uherutse gushyira hanze ubwambure bwe n’icyamamare muri muzika ya Nigeria, Burna Boy, avuga ko yaryamanye n’abantu barenga 2000. Yagaragaje kandi ko yatakaje ubusugi bwe afite imyaka 12.

Diamond yabitangaje mu kiganiro aherutse kugirana n’umunyaNigeria ukomeye witwa Special Spesh.

Yagize ati“Ndababwiza ukuri. Natakaje ubusugi mfite imyaka 12. Ndabyibuka byose nk’ibyabaye ejo. Kuva ku myaka 12 kugeza ubu, navuga ko naryamanye n’abantu bagera ku 2000. Naryamanye n’abagabo n’abagore. 2000 dukorana imibonano mpuzabitsina. Ni ukuri. Imana yonyine niyo ishobora kuncira urubanza. Simbyitayeho. "

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa