Urupfu w’umucyecuru ufana bikomeye Manchester United rwashenguye benshi
Yanditswe: Wednesday 21, Jun 2023
![featured-image](http://umuryango.rw/local/cache-vignettes/L800xH389/arton72096-c139e.jpg?1707855654)
Ku ya 18 Kemena 2023, nibwo habaye umuhango wo gusezera bwa nyuma umufana ukomeye w’ikipe ya Manchester United wo muri Kenya uherutse kwitaba Imana , abari bitabiriye uyu muhango wo guherekeza bwa nyuma uyu mucyecuru bagaragaje intimba n’agahinda batewe no kubura uyu mubyeyi wabahaye ibyishimo akiriho.
Uyu Mucyecuru wamamamaye ku mbuga nkoranyambaga cyane cyane TikTok uru akurikirwaga n’abantu barenga ibihumbi 600.Amafoto yasakajwe kuri Instagram na Facebook ,yakunze kugaragara yifotoza mu (...)
Ku ya 18 Kemena 2023, nibwo habaye umuhango wo gusezera bwa nyuma umufana ukomeye w’ikipe ya Manchester United wo muri Kenya uherutse kwitaba Imana , abari bitabiriye uyu muhango wo guherekeza bwa nyuma uyu mucyecuru bagaragaje intimba n’agahinda batewe no kubura uyu mubyeyi wabahaye ibyishimo akiriho.
Uyu Mucyecuru wamamamaye ku mbuga nkoranyambaga cyane cyane TikTok uru akurikirwaga n’abantu barenga ibihumbi 600.Amafoto yasakajwe kuri Instagram na Facebook ,yakunze kugaragara yifotoza mu buryo bumeze nk’ubwa Marcus Rashford rutahizamu wa Manchester United yishimira igitego.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *