skol
fortebet

Yakoraga akazi ko gutwara imodoka mu masiganwa abivamo ajya gukora akazi ko gusambana ababyeyi be bemeza ko ariko kazi k’umukobwa wese uzavuka muri uyu muryango[AMAFOTO]

Yanditswe: Friday 01, Jan 2021

Sponsored Ad

skol

Renee Gracie umugore wakoraga akazi ko gutwara imodoka zijya mu masiganwa, yaje kubivamo ajya gukora akazi ko gukina filime z’ubusambanyi aho avugako yasanze amafaranga atagira ingano bitewe nayo yahembwaga mbere.

Sponsored Ad

Uyu mugore w’imyaka 25 y’amavuko avugako icyamutunguye cyane ari amafaranga yinjije ubwo yatangiraga umwuga wo gikina izi filime z’urukozasoni.

Gracie avugako ubu ari kwinjiza arenga miliyoni 14 y’amapawundi, ubwo ni arenga Miliyali 15 uyashyize mu mafaranga y’u Rwanda.

Aganira na Daily Telegraph yo muri Ositaraliya dukesha iyi nkuru, yavuzeko imyaka irenga 7 yari amaze atwara imodoka zisiganwa atari yari geze akora kumafanga nkayo afite ubu.

Ati ” Kuri njyewe nari narayobye akazi, nibwo bwa mbere natunga amafranga nkayo mfite ubu,….”

Uyu mugore yatangiye akazi ko gukina filime z’ubusambanyi muri 2018, aho yari amaze gutsindwa inshuro ebyiri zikurikiranya mu masiganwa y’imodoka yabereye muri Australia mu mwaka wa 2017 na 2016.

Renee Gracie avugako ajya gutangira gukina filime z’ubusambanyi atigeze abigishamo inama umuryango ndetse ngo ntamuntu numwe yigeze abibwira, ngo yararebye asanga nimwiza ahitamo kujya gukora aka kazi yabonaga yashobora neza kurusha ako yakoraga.

Ati“Narirebaga nkabona ndi mwiza kandi numvaga gusambana nabishobora cyane kurusha kwirirwa mu mamodoka.”

Renee ngo icyamutuyenguye cyane ni amafaranga yasanze muri aka kazi nuko abibwiye ababyeyi be barishima cyane bahita bafata umwanzuko ko abakobwa bose bazajya bavuka muri uyu muryango ariko kazi bazajya bakora.

Ati“Nabibwiye mama, mubwira akazi nsigaye nkora mubwira n’amafaranga maze gukuramo, nibwo bwambere twari tubiganiriyeho, yahise ahamagara Papa, bahita banzurako aka ariko kazi ka buri mukobwa uzajya avuka iwacu.”







Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa