Yatawe muri yombi azira kwizeza abagabo ko araryamana nabo nibamusanga kuri Hoteli
Yanditswe: Thursday 08, Mar 2018
Umukobwa w’imyaka 19 witwa Ye ukomoka mu Bushinwa yatawe muri yombi kubera akavuyo yateje kuri Hoteli yitwa Hilton ubwo yatumiraga abagabo kuhamusanga akaryamana nabo.
Uyu mukobwa niwe waciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga
Uyu mukobwa yashyize amashusho (Video) ku mbuga nkoranyambaga ko ari mu cyumba 6316 cya hoteli Hilton ndetse yiteguye kuryamana na buri wese urahamusanga maze abagabo batagira ingano bahururira kuri iyo Hoteli biba ngombwa ko polisi ihagoboka ifunga uyu mukobwa.
Benshi (...)
Umukobwa w’imyaka 19 witwa Ye ukomoka mu Bushinwa yatawe muri yombi kubera akavuyo yateje kuri Hoteli yitwa Hilton ubwo yatumiraga abagabo kuhamusanga akaryamana nabo.
Uyu mukobwa niwe waciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga
Uyu mukobwa yashyize amashusho (Video) ku mbuga nkoranyambaga ko ari mu cyumba 6316 cya hoteli Hilton ndetse yiteguye kuryamana na buri wese urahamusanga maze abagabo batagira ingano bahururira kuri iyo Hoteli biba ngombwa ko polisi ihagoboka ifunga uyu mukobwa.
Benshi mu bagabo bahururiye kuri hoteli
Muri aka ka video yashyize ku mbuga nkoranyambaga,yari yambaye utwenda tugufi dukurura abagabo byatumye benshi bahurura ku bwinshi baza kuri iyi hoteli bateza akavuyo byatumye uyu mukobwa ahunga polisi imufatira hanze.
Polisi yo muri Haitang aho iyi hoteli ibarizwa,yatangaje ko uyu mukobwa agomba gufungwa iminsi 15 kubera icyaha cyo gukwirakwiza ubusambanyi,acibwa amadolari y’Amerika 57 ndetse n’urubuga rwe rurafungwa.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *