skol

Ad Restricted

Rwanda:Abantu 40 bafunze kubera amakosa y’abashinjacyaha

Ubushinjacyaha bukuru bwa Repubulika y’u Rwanda burihanangiriza abashinjacyaha bakoresha (…)

Abagore 2 bavukana biyahuriye rimwe

Abagore babiri bava inda imwe biravugwa ko biyahuriye icya rimwe mu Gihugu cya Pakistan mu gace (…)

Ibyo wamenya kuri Gen. Jean Bosco Kazura umugaba mukuru mushya w’Igisirikare cya RDF

General Major Jean Bosco Kazura, yazamuwe mu ntera agirwa General, agirwa umugaba mukuru (…)

Sobanukirwa ifaranga ubu riri guca ibintu hirya no hino ku isi n’uko waritunga

Amafaranga adafite igihugu ashingiyeho kandi ntashobore kugaragara cyangwa ngo afatwe mu ntoki (…)

Tom Close n’umugore we ntibazongera kubyara

Dr Muyombo Thomas (Tom Close), yamaze gutangaza ko we n’umugore we Tricia batiteguye kuzabyara (…)

Musanze:Nkorera Jean yatonganye n’umupfumu amucira akarongo akarenze ahita apfa

Mu murenge wa Muko mu karere ka Musanze haravugwa urupfu rw’amayobera rw’uwitwa Nkorera Jean ngo (…)

Umugore utwite yabuze amafaranga yo kwishyura kwa muganga abyarira mu muhanda

Abantu benshi bakoresha urubuga rwa Facebook bo muri cameroun bavuze kuri iyi nkuru y’akababaro (…)

Beyonce yabuze abagore b’abirabura bajya mu mashusho y’indirimbo yakoranye na Wizkid

Mu ntangiriro z’uku gushyingo ibinyamakuru byo mu bwongereza byanditse ku muhanzi Beyonce (…)

Ali Kiba yinjiriwe n’abakozi ba Diamond

Umuhanzi Ali Kiba wo muri Tanzanie wari uteganijwe kuzaba ari bitaramo bya Wasafi Festival 2019 (…)

Kigali:Umukobwa w’ikizungerezi yaguwe gitumo agerageza kwiba icupa ry’inzoga rihenze

Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 05 Ugushyingo 2019 ahagana I saa ine za mu gitondo (…)

KNC yamennye ibanga ry’ikipe ye ya Gasogi United

Perezida w’ikipe ya Gasogi United avuga ko kuba batsinze Sunrise FC byatewe no kwihangana (…)

Rwatubyaye Abdul yabaye umukinnyi ukunzwe cyane n’abafana b’ikipe akinamo muri Amerika

Umunyarwanda Rwatubyaye Abdul w’imyaka 23 ukina nka myugariro mu kipe ya Colorado Springs (…)

Abayobozi bashya b’igisirikaree cya RDF bashyikirijwe ibiro n’abo basimbuye[AMAFOTO]

Mu ijoro ryakeye ku kicaro cya Minisiteri y’ingabo giherereye ku Kimihurura mu mujyi wa Kigali, (…)

Janet wo muri Uganda yatakaje ibiro 61 nyuma yo kumara imyaka 43 mu bibazo by’uruhuri[AMAFOTO]

Umukobwa wo muri Uganda witwa Janet Watila avuga ko yatakaje ibiro 61 nyuma yo kuva ku mubyibuho (…)