skol

Ad Restricted

Umuyobozi wa Radiyo y’abaturage ’Isangano’ yitabye Imana

Umuyobozi wa Radiyo y’abaturage, Isangano ikorera mu Karere ka Karongi bwana Jerome Rwasa (…)

Harmonize yemeye guha Diamond indishyi y’akayabo k’amamiliyoni y’amanyarwanda

Umuhanzi Rajab Abdul Kahali uzwi cyane nka Harmonize, yemeye gutanga miliyoni 500 z’amashiringi (…)

Meddy yarangije igihano cye arafungurwa atanga n’amande

Umuhanzi Ngabo Medard Jobert [Meddy] wari umaze iminsi itanu afungiwe gutwara imodoka yanyweye (…)

Urutonde rw’abatunzi 10 b’ibihe byose ku isi,Gaddafi aruriho ndetse ruyobowe n’umunyafurika[AMAFOTO]

Ubutunzi nk’imwe mu kingi z’ubuzima bwiza, abantu batuye isi bahora mu ntambara yo gushaka (…)

Sophie yiyongeresheje ikibuno afite imyaka 20 none arifuza gusubira uko yari ameze[AMAFOTO]

Sophie Elise yari afite imyaka 20 ubwo yiyemezaga kongeresha ikibuno cye kikaba kinini uko abishaka.

Icupa rimwe ridasanzwe ry’inzoga ryagurishijwe ku giciro kiruta ibindi ku isi ku kayabo k’amamiliyoni

Icupa rimwe ridasanzwe ry’inzoga ya Scotch whisky ryagurishijwe ku giciro kiruta ibindi ku isi (…)

U Rwanda rwaje ku mwanya wa 2 muri Afurika nk’ahantu byoroshye gukorera ubucuruzi ruza no mu myanya y’imbere ku isi

U Rwanda rwagumye ku mwanya wa kabiri muri Afurika nk’ahantu byoroshye gukorera ubucuruzi ruba (…)

Umugabo yakubise umugore we mu buryo buteye agahinda amuziza ko atamuhaza mu gitanda

Mu bitaro bya Hoima mu gihugu cya Uganda umugore yahageze yakubiswe n’umugabo mu buryo bubabaje (…)

Gasabo:Abantu batunguwe no kubona inka ihanuka kuri Moto mu isantere rwagati

Mu Karere ka Gasabo abaturage batunguwe no kubona umumotari atwaye umugenzi ufite inka kuri moto (…)

Rutanga Eric kapiteni w’ikipe ya Rayon Sports yasezeranye na Umunyana bamaranye imyaka 4[AMAFOTO]

Rutanga Eric yasezeranye n’umugore we, Umunyana Shemsa bamaze imyaka 4 bari mu buryohe bw’urukundo.

Impunzi zavuye muri Libya nubwo zifashwe neza mu Rwanda ziracyafite inyota y’i Burayi[AMAFOTO]

Impunzi zavuye muri Libya ziravuga ko kugera mu Rwanda kwazo byabaye nko kuva mu mwijima ujya mu (…)

Drake ku isabukuru ye y’amavuko yatunguwe na Rihanna

Aubrey Drake Graham, umuraperi uri mu ba mbere bakunzwe, yamamaye cyane nka Drake yatunguwe no (…)

Nicki Minaj yakoze ubukwe mu ibanga

Nicki Minaj yaciye amarenga ko yamaze yamaze gukora ubukwe mu ibanga n’umukunzi we Kenneth Petty (…)

Rema wari umugore wa Eddy Kenzo akamutwarwa n’umuganga wamuvuraga yavuze ikintu kimubabaza

Rema Namakula wahoze ari umugore w’umuhanzi Eddy Kenzo bakaba banaherutse gutandukana akishakira (…)

Amavubi amaze imikino 6 adatsindwa yazamutse ku rutonde rwa FIFA

Ikipe y’igihugu Amavubi imaze imikino itandatu idatsindwa yazamutseho umwanya umwe ku rutonde (…)