skol
fortebet

Ad Restricted

MAGERAGERE:Candide yafashwe agemuriye urumogi yafungiye mu mandazi umuhungu abereye Nyirasenge ufunze

Umugore witwa Candide w’imyaka 47 usanzwe atuye mu murenge wa Nyamirambo, Akagari ka Gasharu, (…)

Jose Chameleone uherutse kwinjira mu ishyaka rya Bobi Wine Polisi ya Uganda yahagaritse ibitaramo bye

Umuhanzi Jose Chameleone wo muri Uganda nyuma yo gutangaza ko yinjiye mu ishyaka ritavuga rumwe (…)

Hahishuwe amezi 3 abantu bayavutsemo bakunze kuramba ku myaka 100

Kuramba si ibintu buri kiremwa muntu. Abahanga bagiye batanga impamvu zitandukanye zishobora (…)

Antoine Griezmann wari wasinyiye FC Barcelona ndetse bikanatangazwa ko yabaye umukinnyi wayo,ikipe ya Atletico Madrid yazanye amananiza

Ikipe ya Atletico Madrid yazanye amananiza muri deal ya Antoine Griezmann wamaze gusinyishwa na (…)

Agakiriro ka Kimironko nako kafashwe n’inkongi y’umuriro

Ahagana ku isaa sita z’amanwa zo kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 13 Nyakanga 2019, Agakiriro ka (…)

Umuraperi Racine na Passy Kizito bakomoje ku muntu watwawe umukunzi akaba yaranibagiranye[AMAFOTO]

Umuraperi nyarwanda uzwi nka Racine afatanyije n’umuhanzi mugenzi we nawe uzwi nka Passy bakoze (…)

Amayobera ku cyateye abana 11 bavukiye mu bitaro bikuru bizwi nka Kenyatta National Hospital gupfira rimwe

Mu cyumweru gishize abana 11 bavukiye mu bitaro bikuru byo muri Kenya bizwi nka ‘Kenyatta (…)

Butera Knowless na Yvan Buravan bibasiwe bikomeye n’umutekamutwe washatse kubateranya n’abakunzi babo[AMAFOTO]

Abahanzi babiri b’abanyarwanda Yvan Buravan na Butera Knowless ntiborohewe nyuma y’uko umuntu (…)

ShaddyBoo ntakigiye mu Burundi ku bw’umutekano we aho yari yaratumiwe nk’umushyitsi mukuru[AMAFOTO]

Shadia Mbabazi wamamaye ku mbuga nkoranyambaga ku izina rya Shaddyboo ntabwo azagaragara mu (…)

Umuhanzikazi w’Umurundi ’Natacha’ yashyize hanze isengesho rirerire riteye agahinda asabira abahanzi bo mu Burundi[AMAFOTO]

Mw’isengesho rirerire riteye agahinda umuhanzikazi w’Umurundi Natacha yanyujije ku rubuga rwe (…)

Young Grace yahishuye igitsina cy’umwana agiye kubyara

Young Grace yahishuye ko agiye kwibaruka umwana w’umukobwa mu gihe cya vuba.

RUHANGO:Itorero rya ADEPR ryanze gusezeranya abageni ngo umukobwa aratwite

Mu murenge wa Kinazi mu karere ka Ruhango, itorero rya ADEPR ryanze gusezeranya abageni bari (…)